Це відео не доступне.
Перепрошуємо.
MU MYAKA 4 Ntegereje UMWANA😭Cherie Yambwiye IJAMBO RIDASANZWE Ndatungurwa!! UKO NEEMA Yatabawe
Вставка
- Опубліковано 27 жов 2021
- ☑️Ikaze kuri SINAI TV. Ni urubuga rwa Gikristu rugufasha gukura mu buryo bw'Umwuka n'umubiri binyuze mu biganiro dukora bishingiye ku ijambo ry'Imana gusa.
☑️Ushaka kudushyigikira: +250788411040 (Mobile Money, WorldRemit, ...)
☑️Ushaka gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero.
A warm welcome to SINAI TV, one of the most trusted online Christian Television.
This TV brings you the good news of Jesus-Christ with people sharing their educational, informative, encouraging, and inspiring messages through the Word of God, life testimonies, and social life analyses about different topics.
All rights reserved.
Unauthorized use, modification or editing of the video without our permission is a violation of applicable laws.
#WhatsApp_0788411040
Ariko Mana😭 nguhaye icyubahiro ! Nahora mbaza abari aho mu Rwanda nti ese amakuru ya Neema ntarabona umwanabati reka da, nkarakarira Imana mu mutima ariko nasanze ari Imana idakangwa na byacitse. Ikorera igihe ishakiye ntawayibaza ngo ibyo ukora ni Ibiki? Warakoze Data wo mu ijuru
Woow elle est vraiment belle!!! Mbere y uko nanumva ikiganiro,uyu muntu ni mwiza mumaso sana! 😍
Imana iguhe umugisha! Kuva nakumenya ni kera nabonaga uri muto cyane kuri jye ariko nkatungurwa n'ubuhanga ufite mu ngingo zitandukanye z'ubuzima. N'ubu kandi niko bikimeze
Amen, lmana ishimwe yaguhaye umwana rwose ,lmana yaguhojeje amarira nanjye izayampoze rwose
humura
Humura Nyagasani azakugirira neza nawe
Imana igusubize mugore mwiza !nukuri uzabyara
Pole Imana ikwibuke
Mwizina rya Yesu christo wapfuye akazuka nukuri wakire urubyaro .amen
Nanj uzumfasha gusenga Imana izimpe umwana nanj nkwij imyaka ine nyené namezi 2 ndindiriy...yezu nanj ampezagize ikibondo,...turarushe weho urabizi disi....
Nene, ufite ijambo rizima muri wowe. Ntukabure kugirirwa neza n'Imana ukuriho. Turagukunda.
Imana ishimwe yaguhaye umu baby Neema Kandi uburyo usibizamo rwose bigaragara ko uri umugore w'ubwenge.Imana ikomeze urugo rwawe🙏
Munsengere nange ndimubihe nkibyo NEMA yanyuzemo nkeneye ihumure ry imana
Uwiteka imana yo mw ijuru ikwiteho mubyo unyuramo buri munsi. Umwuka wera uhumuriza akwiyereke uyu munsi
Datawera akugarukeho uzamvugishe
Umwami Yesu ashimwe Neema ndamukunda cyane mwakoze kumutumira kuri Sinai Tv
Mana ndaakwinginze Uzompoze agahinda maranye imyaka 13 ataruvyaro 😭😭😭😭😭😭😭
Humura mama lmana izaguhoza
Yooooo! Pole mama Yesu ni Umwami mugihe gikwiye azaguhoza kdi uzishima. Impore kdi ukomere.
Imana ishoborabyose yumve kdi isubize ubusabe bwawe mu izina rya Yesu
Imana ishoborabyose yumve kdi isubize ubusabe bwawe mu izina rya Yesu
Imana yumve ugusenga kwawe!
DOMI Man! Umaze kumenye kubazaaaaaaa kbs ibibazo byiiiiza by ubweeenge byuzuye Discipline! Bro Imana igukomereze amaboko🙏kdi nizeyeko natwe one day tuzaganira !
Neema lmana ihabwe icyubahiro turagukunda cyaneeee UG
Uyu mudamu rwose pe imvugo ye igaragaza uwo ariwe, Umwami Ari Muri we rwose. Ni ubwambere mwumvise gusa indirimbo za iriba zo ndi umukunzi wazo. Imana Ishimwe kubwo gukomeza uyumubyeyi kdi Imukomeze kubyimbere🙏
Neema mwiza urimo umwuka w'Imana utavangiye!ndagukunda cyane nifuza kukubona amaso kumaso!yesu akomeze kukugirira neza&akomeze ahe imigisha urugo rwawe
Igenga IBIHE ikora ibikwiye mu gihe CYAYO ntaho ikirenge cyacu gikandagira hatari hakwiye byose iyo byatangiriye mu migambi w'Imana bisorezwa muriyo. Faithful one is our Jesus Christ
Ndamukuuuundaaaa n'Imana irabizi she is the best role model of mine
Sha uvuze neza ncuti Neema ( ufise n'izina ryiza riri unique ni ubwambere ndaryumvise) Role model wacu ni Yesu Kristo nukuri abantu twe twagwa easily ariko Yesu We ntahinduka. Uhoraho Aguhezagire cane 🙏
Hashimwe Yesu wakoze imirimo, buriya hari igihe Imana itunyuza mu ishuri ibikoze yabigambiriye
ukagira ngo hari icyo upfa nayo! ariko Irongera ikatugarukaho kandi iyo ikugarutseho
bose barabimenya.
Uvuze neza cane 🙏
Iman'ishimwe 🙏 disi, jya mbere uririmba neza nkabikunda ❤
Imana ishimwe kubyo yagukoreye Neema,ndagukunda,Kandi wuzuye ubwenge bw'Imana
Imana ishimwe cyane twaranezerewe cyane twasengeraga mumutima tubasabira yewe harinubwo twahagaze imbere yurugo rwanyu dusabimana ko yabibuka .Imana ishimwe cyane
God bless u nanjye nasemgeye abantu 5 bataribakabyaye hamaze kubyara 3 hasigaye 2 Unions d prieres Dieu va faire des miracles
Imana ikomeze intambwe zawe Neema .Yesu aguhe umugisha kumuhamya neza
Ikiganiro kiza cyane ! Nkuyemo ibyishimo by'ubuhamya hanyuma no gukomera kumana! Neema nkunzu ukuntu uvuga Yesu! Ndafashijwe
Byizacyane Dominic lmana iguhe umugisha ndasabye NEMA uzamugarurane numugabowiwe
Komera mwana wumutambyi Imana ishimwe koyaguhaye urubyaro
Yoooooo mperuka wari ugitwite nshuti yanjye...Imana nihabwe icyubahiro cyinshiiii yageze aho ikaguhoza amarira
Imanishimwe ko yaguye urubyaro mama kd turagukunda cyane
Neem turagukunda you are so wise and beautiful.May God inhert you eternal life.Much love maman Shamah
Neema afite inyigidho nziza kabisa turamuzi mu iriba I huye twarafashijwe cyane.
Imana ntaco itashobora nanjye ndategereje intabare
Komera
Imana ishimwe nukuri yuko ikuraho igisuzuguriro cya satani Imana yo mwi juru yarakoze nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Waou,Imana iguhe imigisha Neema,umudamu utunze ijambo ryImana nubwenge bwayo.Merci no kuri Dominic kugutumira bisubizemo imbaraga abategereje kandi iteka muribyose Imana izahora ari Imana.
Neema Imana yarakoze kandi ikorera igihe cyayo. Ndakuzi neza twigana muri secondary wari umukobwa de principle rwose hahirwa umugabo wawe. Neema is a wise woman kdi afite Imana, ndagukunda cyane
Dushimiye Imana nzima yaguhojeje amarira ikanagukiza n'umubabaro wo mu ibanga. Uyu munsi ukaba urimo gukomeza abarushye mu mitima. Neee uziko nta circonstance n'imwe ducamo Imana ijya ipfusha ubusa???
Stay Blessed & enjoy mamahood mubyeyi mwiza:)
We love Uuuu big
Yoooo manawe nanjyemfashijwe nububuhamya Imana ibahe umugisha
Ohhhhh Mana yanjye nejejwe nawe ko wagiriye neza Neema ukamuha kwibaruka warakoze cyane.
Muri iki kiganiro Neema wabaye open kdi nibyiza, bitandukanye nicyo watanze kuri Zaburi nshya yego ntugomba kwimena inda ariko no kuvuga imirimo Ueiteka yakoze bisubiza intege mu bugingo ku bantu b'Imana
Yah, hano yabaye open, kandi noneho avuga ubuhamya bwe wumva ko bifite umurongo wumvikana bisobanutse neza (le vrai continuité) ndangije video yose ndafashwa kurushaho kandi nari narabyumvise ahandi. Wabona ahari biterwa na none n'umunyamakuru ubaza uko arimo kubaza🤷♂️
@@soleiljoy7861 Yego. Biterwa rwose n’umunyamukuru.💗💗
Neema mwiza nahaye Imana icyubahiro kubwawe🙏naragusengeraga buceceee, ariko Imana y'amahoro ishimwe yo kabyara ko yagukoreye ibikomeye🙏🙌
Wow!!!!! Imana Ishimwe nukuri kubyo yakoze
Sinai keep it up 👍🏾 gusa ubusabe cg agatekerezo introduction nindende 4 minutes Sinzi niba aribyo byiza 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Njye ndumva 4min nta kibazo, cyane iyo avuga ibintu byiza by'akamaro nka biriya! Urazi ko ntamenye ko ari 4min yose kubera ukunu Neema yarimo avuga ibintu byiza. Uwagira ubunebwe bwo kureba 4 min ibanza ubwo yareba video yose ya 1h30' koko?😂
Ihangane shenge burya Imana ninziza
@Shyaka Fidele rwose nibyiza cyane kandi niyo byaba ari interview yamasaaha 2hrs nayireba icyo navuze nuko introduction arindende kandi nubundi tubaturibubyumve mukiganiro ntunyumve nabi rwose 4 minutes for introduction ntiyambuza kureba interview yose be blessed 🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Amen hashimwe Yesu utumenyetso byose Kd iyaduhaye Yesu izaduha N'ibindi byose
Imana ishimwe cane yarahabaye .urumumama yitonda
I love this woman😍
NEMA,yesu aguhereze umugisha utanze inama kubabyeyi nabana bavuka mumiryango yabakozi bimana kd bage banza kuba ababyeyi babana babo nyuma babe aba parteurs
IMANA ishimwe ko ijya yumva gusenga kw'abayoooo🙏🙏🙏🙏Neema ndamukunda cyaneee ❤️
Imana ishimwe cyane pe,yo yatanze umwana kuri Neema
Abana ba past karekezi ndabakunda bafite indangagaciro zabakiristo Imana ijye ibambika imbaraga
Yoooooooo, Nema yesu ntakabure kukwibukira ko wamwubashye ukiri umukobwa, abakobwa mwubahe data wa twese
Imana ishimwe yo itanga kubyara kko n'Imana ikorera igihe
Good, ndimo ndushaho kongera kugukunda cyane ,Imana ishimwe cyane kubwa Neema Amen
Neema ndamukunze. Nshimiye Imana yamurengeye. N abandi izabarengera.
Nanjye,Imana indengere
My lovely mom
Warakoze maama
Yesu yarakoze kukumara agahinda Rehema kandi mukomere ntawayikoreye ngo akorwe ni isoni najyaga ngucaho nkagusuhuza nkabona ntiwishimye ariko Imana ishimwe yo yaguhaye
Azagusumbisha amahanga yose nemaweeee Kandi muri wowe harimo umutware ameeen
Umugore mwiza cane kandi avuga yitonze. Yesu Yarahabaye ncuti. Ahabwe Icubahiro. 🙏 Que l'Eternel Dieu te comble de ses grâces ❤🙏
Imana nishimwe yo yabanye nawe mugihe kigoye kd ndagukunda nibwo utanzi nimwonkwe
Nukuri hari isomo nize kubw'iki kiganiro,Imana ibahe umugisha
Amen❤
Neema nkunze ko uvuga yesu !umunezero wa yesu sha ni ntagereranywa
Natural is always beautiful
Numwana Wacu turamukunda Imana yarakoze cyane
Abanyamwanda mukundagushima nkaryohemwa nkunvananje yesu azonyibuka maze inyaka itandatu nubatse ntamwana ndaronka ariko umugabo wanje turakundana nta ruhuha arantera ahubwo iyondize arampoza akampumuriza ko nzovyara ndashaka munfashe gusenga nanje kugira nve kuruwomusozi wubugumba urababaza cane
uri umuhanga Imana ikomeze ikwiteho igukomereze amaboko
YOOO UWITEKA YAGUHOJEJE AMARIRA SHENGYE😭🙌
Yooo neema ndagukunda disi nshimiye Imana kubwawe kd Imana ikomeze kukunezeza
Iman ishimwe
Neema disi😊❤
🙏
Umuma mwiza... Ashwiii...😘
l love you thanks
Neema nkunz intah yaw cne imana ninziza yaraguhojej nanj umfash guseng nanj ntaw ndaronk nd iburund ingoz unshire mubusengera nitw joselyne
Nkunda ko kuri Sinai baduha details zitavuzwe ahandi! Byose biterwa n’ubaza ukuntu aba yisanzuye kdi afite urukundo
Erega byoe biterwa n'umunyamakuru urimo kubaza! Dominic azi gushaka details ku mutumirwa. Niyo mpamvu ntacikwa n'ibiganirp byiwe, azi kubaza neza mu kinyabupfura cinshi
@@violettevann1103 you're right👍
@@violettevann1103 sinjya numva impamvu hari abo wumva babaza nkabiruka, badaha umwanya umuntu yisanzure avuge yitonze atuje? Thank u Sinai mutuma twumva twitonze natwe tugafashwa🙏
Mbega ndanyunzwe pe!!
Amen
Ubuhamya buradufasha kumpande zose haba kubabyeyi ndetse nokurubyiruko Imana ikomeze kugushigikira.
NEEMA ndagukuuuuuunda cyane!!
Ati akarya anasiba:-) Dominique uratwenza sha. Reka numvirize ino Ntahe ndumva iryoshe daaaa
Imana ishimwe ,umugabo wawe arihirwa kuko uravuga utuje disi.hari icyintu namenye Vuba cyiri muri Bible ngo"umugabo iyo abonye umugore utuje aba ahirwa!
Imana ishimwe kubyo ikomeje gukorera ababyeyi ndabakurikira kuva kuri MaMudogo+
Neema nimwiza nukuri
ubwo Imana yagukomeje uzakomeze nabandi turagukunda
yooo ntibiba byoroshye pee. ni mwiza mama
Hashimwe Imana niyo mujyanama wacu Kandi ibyacubyose ibitegekesha ubugwaneza n'ubwenge burutaho Neema ndagusuhuje cyaneeeee
Ariko Mana uze wibuke Laurie nawe umuhe umwana.iyaba bibaho ko umuntu atanga uwo wamuhaye bikaba nkaho ariwe amuvyaye nazamuhaye mubanje kuko agahinda kiwe n'amarira bimbujije amahoro.
Sha nanj Lauri ndanamukumbuye kumwumva pe
Oh Neema komera umpe nimero yawe
KO wacitse intègre hakiri Kare
Muvandimwe,icyo kigeragezo twe takimaranye imyaka17 yose ariko Imana yatugiliye neza iduha babiri icyalimwe
Ako karirimbo kahereje ikiganiro kararyoshe cane...O wa munsi wageze gose ...Mwami Yesu Ndagushima.🙏
Cyokoza Neema nanjye numvise bavuga ko agira am codes ya hatari ku basore, urakoze kukimubaza kabsa. Tekereza ko mu ma interview yose yakoze nari narabuze umuntu ubimubazaho, nkagira ngo ababuza kubimubazaho😂😂 anyway those codes ni sawa nanjye ngiye kuza appliqua
Kwihangana bitera kunesha
Yesu arakora kandi aracyari ku Ngoma
Kabisa,
My❤ ❤z,
Nukuri uvuze neza umuntu ajye yambara inkweto yamugenziwe kugirango amufashe mubibazo arimo
Data wera waremye ijuru n isi, ushimwe kubwa mwuka wera utuganiriza ibitandukanye. Nukuri sinkifuza inshuti z abantu aho namenyeye mwuka wera.
Mana niyo nkiru nanjye maze imyaka 14 ndacyayegereje ntwiringire uwiteka
Imana izaguhe urubyaro Ma💗💗
Yoooo. Ihangane maman. Imana niyo ibikora kdi ibikorera igihe cyayo kigeze. Komeza utegereze
"Oya ntabantu UWITEKA yahamagaye batazagira abana"Ntabwo YESU yujuje bimwe ngo areke ibindi. Byose byarujujwe Yohani 19,30 ikibazo cy'ubugumba nacyo cyaracyemuwe . Wakoze guhamya imirimo y'UMWUKAWERA.
Ariko sara yabyaye afite imyaka ingahe? Kuki gutinda kubyara bibahangayikisha? Nokubyara erega sitegeko ushatse wanabireka
Icecekere
Agahwa Kari kuwundi karahandurika ncuti iturize
Byakumariye iki se ,uretse umunwa wakurenze
Very wise woman.
Turabakunda cyaneee
Imana ndayishimwe n,ukuri
Ooh Neema ndakwibutse naho Codes zo waruzifite ziremereye, ndibuka umujama umwe wasubije igisubizo nyagasani🤭
tugeze imbere ya kaminuza UR, ndamubwira nti nizere ko utazongera kumenyera uwubonye wese😂😂😂 ariko shenge usubije neza noneho menye impamvu yabyo