Biragera nkumva NAKWIPFIRA|Ndwaye Depression😥Bambwira ko ISURA YANJYE ARI MBI😥Sabrina yarashize...

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 23 жов 2024

КОМЕНТАРІ • 299

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV  2 роки тому +10

    Niba wifuza kuvugisha SABRINA DEISSY: +250789392837

    • @ngolivier4016
      @ngolivier4016 2 роки тому +1

      Ukaba umutanzemo pass

    • @diversitytown141
      @diversitytown141 2 роки тому +1

      @@claireiradukunda1628 bibaho gusa usenge IMANA ishobora byose kind ihindura every situation woe utangire urebe INDIRIMBO zimana usenge IMANA iguhe amahoro yomumutima bizakunda

    • @umulizadelice1763
      @umulizadelice1763 2 роки тому

      @@claireiradukunda1628 komera Kandi usenge . Ariko Kandi uzashake umuntu wizeye mujye muganira .nubishobora uzivuze umu psychologist azagufasaha

    • @buzimanubeho
      @buzimanubeho 2 роки тому

      @@claireiradukunda1628 komera disi niyo yakanyagwa,umutobe w'imboga wagufadha cyane mu mezi atandatu ukibanda kuli pommes cyane ibishyishwa ,beteraves ,basilicum.....byagufasha ubifata ukibyuka akarahure buri gitondo

    • @jeaninehan
      @jeaninehan 2 роки тому +2

      Eeh! Abakubwiye ko ureba nabi barakubeshye, ufite amaso meza kandi uri keza pe💯 Sasa abantu bafite ubwenge bwinshi, iyo badafite icyo bakora bagira ikibazo nkicyo cya depression. Ufite intego nziza kandi uzi icyo ushaka, Uwiteka agucire inzira, uri uwakamaro 👌

  • @AngeLaure02
    @AngeLaure02 2 роки тому +5

    Daisy nyuma yo kugutega amatwi nsanze ikibazo kinini ufite giterwa no kutagira akazi basi ngo kaku occupe kandi kaguhe ikintu nyuma y ukwezi ugire icyo ufasha umubyeyi wawe...nibyo ahanini bigutera depression!! ibyo bihe ndabizi cyane. gusa Imana ikorohereze kandi iguhe akazi....nizeye neza ko nikaboneka ugatangira gushyira ubuzima bwawe ku murongo uzaba muzima ibyishimo biboneke muri wowe ube umuntu mushya. ihangane nukuri kenyera ukomeze kandi ube serous. nkwifurije kuba indwanyi. umukobwa w intwari.

  • @bedosbed6908
    @bedosbed6908 2 роки тому +33

    Nanje nsanze nahora mfite dépression ariko kuva nakiriye Yesu nk'umwami n'umukiza w'ubugingo bwanje ubu ndiko ndakira.Nakugira inama kwegera Yesu nimba utaramwakira umwakire azokuraho vyose waramwakiriy naho senga cane urwize ubusabane nawe Yesu niwe ashobora kudukurako ivyago vyose.🇧🇮

    • @fridahuwera6233
      @fridahuwera6233 2 роки тому +4

      Yesu akiza depression umwegere cyane ntajye yarayinyijije

    • @mutonimichelle4257
      @mutonimichelle4257 2 роки тому

      @@bobm4381
      Ibintu bya yesu rwose harigihe kbxx biba bitagikora pee🤦

    • @clarissabellaterimbere6073
      @clarissabellaterimbere6073 2 роки тому

      @@mutonimichelle4257 nuko utaba ugifise icyizere knd ukagomb kubicish mu nzira zawe bikaburaho bikagukomerera vyose nukuguma ku mavi usenga kuko umusi ni saha iyo bigez Imana irishura

  • @mne3354
    @mne3354 2 роки тому +8

    Pole sana Daisy, gusa ndumva mezeneza nkawe abantu bakunda kumbwira ngo nvuga nabi kdi ntamutima mubi mbambivugana, Ahubwo niba koko iyingiyi ari depression hagire abaganga batubwire ncake umu therapist 😞🙏🏾

  • @itekaking948
    @itekaking948 2 роки тому +11

    Iyo depression iracyari hasi kandi facile de récupérer la vie normale ndebye ( physiquement aho ageze ) nkunva nibye :
    3 choses peuvent l,aider :
    1 Petits moyens financiers pour secourir à ses besoins élémentaires.
    2 L,encadrement ( petits job , no hard dans un campany où travaillent beaucoup de personnes ..lui permettra une distraction utiles...
    3 : L,alimentation végétale + fruits en premier lieu , marche un peu de sauna.

  • @uwamahoroodile7825
    @uwamahoroodile7825 2 роки тому +1

    Nanjye nsanze meze nkuyumikobwa ariko ibyanjye ubanza birenze kuko njye abana Bose twiganye bambwiragako nsuzugura ,ndebanabi, mvuga nabi, babimbwira nkiherera nkarira . Nkabaza Imana impamvu aruko abandi bambona , nkurikije ibimenyetso bya depression ndayifite ahubwo yenda kunyica , hagize uwandangira icyamfasha rwose yantabara kuko usibye kuba mfite abana ubundi mbona iyisi nabayituye arabagome ndabanga , nirinda ikintucyose cyampuza nabantu ,murusengero narahacitse, mubirori simbokunda numva nakwigumira munzu nabana banjye ,hagize uwandangira abaganga cg ubundi buryo nabisohokamo Yaba amfashije murakoze.

  • @prudentdekigali
    @prudentdekigali 2 роки тому +7

    Ngira ngo niba hari abapsychologue bari hano mutubwire, nubwo yaba afitemo umurari ariko indoro ye nayo irananiwe kandi igaragaza uko mu mutwe hananiwe. Akeneye abamwegera cyane kurushaho. Gusa ubwo akiri muto niyishime anezerwe kuko azakira kandi akomeze ubizima yishimya.

  • @pacifique.ntagengwa1673
    @pacifique.ntagengwa1673 2 роки тому +4

    Pole sana ,jya ukunda kubaho mubuzima bwo gusenga usoma bibiriya cyane.ushake umuganga bizagufasha

    • @rwandamum8323
      @rwandamum8323 2 роки тому

      Gusenga nibya mbere.niwo muti wibibazo byose.iyo ubabaye wunva uruhutse

  • @hatungimanalydia8174
    @hatungimanalydia8174 2 роки тому +16

    Ndumva wakwakira yesu kugira akuyobore niwe ahaza amahoro imutima itayifite🙏

    • @emuw2916
      @emuw2916 2 роки тому +2

      Dépression ni indwara, na ba pasteurs bakomeye barazirWara. Kugira dépression nti bivuga kutamenya Yesu
      Ahubwo akeneye ubufasha bwasengesho ikiruta kumwegera no kumwereka urukundo.

  • @habiyaremyehyacinthe7643
    @habiyaremyehyacinthe7643 2 роки тому

    sh pole nukuri.ahubwo nanjye ubanza narabwaye kera.hari ibintu bibiri duhuje 100%. (nanga umuntu uza umbwira ibintu biraho, ushobora kumbwira ngashiduka nakubwiye nkikintu nyuma nkumva ngo navuze nabi)

  • @aminauwera2646
    @aminauwera2646 2 роки тому +2

    Ubwo wabimenye ukemera ko ubifite, ukaba watangiye nogushobora kubivuga uzakira mwana wacu hjmura. Uracyarumwana kandi wujuje ibyangombwa byose bikenewe. Ufite ubwo buto bwawe, ubwiza, amashuri na mama wawe wumubyeyi mwiza cyane. Kuba umwishyikiraho nibyingenzi.

  • @joshuamugisha567
    @joshuamugisha567 2 роки тому +7

    yewe, njyewe ndumva ahubwo narapfuye mpagaze. kuko umutima wanjye waraboze. igituma nyitekereza kubaho numwana wanjye gusa. ibindi kanicecekere.

    • @tinatina2863
      @tinatina2863 2 роки тому

      Joshua Mugisha birababaje😢. Njye Yezu niwe byose kuri njye, niwe umpumuriza iyo byanyobeye, niwe nkunda kandi nizera ko ankunda birenze, niwe utuma numva nishimye kuko nziko atanga byose. Rero isunge Yezu aratabara. 🙏

    • @auxy9583
      @auxy9583 2 роки тому

      Pole sana

  • @maharojenat9944
    @maharojenat9944 2 роки тому +3

    Komera mukobwa mwiza bizashira rwose ube amahoro gusa uzage kwa muganga bagupime umutima,isukari nibindi bizame ikindi ukunde sports na music kandi ukunde gusenga ujya muri church birafasha uzumva uruhutse rwose ndabikwijeje Yesu nibyose kumufite.

  • @johnmuvira745
    @johnmuvira745 2 роки тому +7

    Sabin, Daisy is a flower. Most of the times it' s white with a yellow color in the center but there are also yellow daisies or lavender.

  • @ma_jo_r1
    @ma_jo_r1 2 роки тому +21

    (21yrs-30yrs) If u are experiencing depression menya iki kintu: No matter what, BETTER DAYS ARE COMING. surely surely Ubwoba benshi dufite bw'ubuzima SIKO BIZAGENDA ngo ubuzima bwacu bube bubi... Nukuri BUZABA BWIZA. Ni mind iba iri guFiguringa ibintu nabi ariko Reality y'ubuzima nuko BIZAGENDA NEZA. Be encouraged.

    • @ingabireange6111
      @ingabireange6111 2 роки тому +1

      Aka kantu ni sawa kbsa

    • @fillettegisele8859
      @fillettegisele8859 2 роки тому +2

      Reka tubyizere niba ariko kuri koko.

    • @ma_jo_r1
      @ma_jo_r1 2 роки тому +1

      @@fillettegisele8859 Fille, nukuri Bizagenda Neza I swear... Believe me. ndarahiye

    • @ntayorwa7896
      @ntayorwa7896 2 роки тому

      Gufiguringa?! haaa sorry guseka iryo jambo

    • @ma_jo_r1
      @ma_jo_r1 2 роки тому

      @@ntayorwa7896 😂😂😂 nikwakundi akajambo kakujabuka tu😂😂😂 nari nshatse kuvuga wenda "nko kubona ibinru mu buryo runaka"

  • @lydiaakimana7988
    @lydiaakimana7988 2 роки тому +8

    Abantu benshi tugenda twarahereye imbere 😭😭😭Imana inje imbere nanje duhuje ibibazo disi kandi ndabimaranye igihe kirekire cane jeho ngeze kuri étape yo kuwumva ntanumuntu nshaka kuvugisha nshobora kumara n’ukwezi atamuntu ambonye hanze kandi umbonye inyuma wogira ngo nd’umuntu muzima

    • @nikuzemarierose4958
      @nikuzemarierose4958 2 роки тому +1

      Chr ihangane mukobwa mwiza

    • @ivy202
      @ivy202 2 роки тому +3

      Mana weee, narinziko aringe uteye gutyo ngenyine , nukuri imana yonyine niyo yadufasha kko biravuna cyane, nange nacitse kubantu kumiryango kuburyo mbanumva naba ngenyine simpure nabantu, iyo mbabaye mbanumva nakwipfira, gsa nubu ntafite abana nakwiyahura kko mwiyisi ntacyiza cyirimo nakimwe ,

    • @giramatakabebe7867
      @giramatakabebe7867 2 роки тому +2

      PoIe sh ndakumva cyane nge nshaka kuba ndi ngenyine ......

    • @giramatakabebe7867
      @giramatakabebe7867 2 роки тому +1

      @@ivy202 iyi sms wagirango ni ubuzima bwange burundu nange nanze kwiyambura ubuzima kuko nkunda bana bange ntakindi mbona nakimwe kinejeje nako ndumva nge nawe ntaho dutaniye ntakundi reka dupower

    • @clementinekaranga3416
      @clementinekaranga3416 2 роки тому

      @@giramatakabebe7867 ndakumva cyane, ariko kuba wenyine sibyiza , uzajye usenga , ikindi uganire kuko nuseka nabyo nibyiza , ikindi uzajye usoma ibitabo nubishobora , Bible cyane

  • @rurangirwapatrick1753
    @rurangirwapatrick1753 2 роки тому +7

    Abantu Bateye Gutya Baba bagira Umutima Mwiza. Nonese nigute imyitwarire nkiyi yashira.

  • @rosalieuzamushaka2861
    @rosalieuzamushaka2861 2 роки тому +7

    Ntugahishe ibikubabaje disi , c’est important de mettre des mots sur les maux. Uzashake umu psychologue, cyangwa undi muganga ugukurikirna.. Bizagufasha cyane.

    • @MS-dj6nr
      @MS-dj6nr 2 роки тому

      C'est très vrai elle a besoin de parlé avec un pro

    • @whatistheend8563
      @whatistheend8563 2 роки тому

      Hano mu Rwanda umuntu ababona gute?

  • @nanarukundojeanine8538
    @nanarukundojeanine8538 2 роки тому

    Chr uratumye nigaya pe kandi umbabarire ikindi haribindi unyigishijeho harinibyo neretswe kandi nibyongiye gukora urako YESU akwiteho

  • @alicedorianetuyishemeze2938
    @alicedorianetuyishemeze2938 2 роки тому

    Uyumwana ndamutahura cyane! Mfite ikibazo kimw nawe! Ngira agahinda iyo mbona struggle barumuna banje bafite !

  • @munyentwarielias1048
    @munyentwarielias1048 2 роки тому +1

    Numara kubohoka neza uzagaruke hano unatubwire Ibyo waciyemo wiga muwa5 segonderi ( 10:10 )utari umenyereye bikaba bikekwaho kuba intandaro y'iyo myitwarire!

  • @familymn5958
    @familymn5958 2 роки тому +11

    Urasa neza 🤗 nyamara ureba neza utwiso twiza uri keza

    • @kamikazi003
      @kamikazi003 2 роки тому

      Ni keza cyaneee ,afite namaso meza cyanee,
      🥰🥰

  • @kwizerajeanmarie3317
    @kwizerajeanmarie3317 6 місяців тому

    Ikintu cyagufasha niba warabuze akazi ihangire umurimo bizagufasha.
    Kuryama ntagisubizo wabikuramo.
    Nange ndumwana narimfite ibyobibazo ark iko iminsi yagiye ishira byagiye birangira

  • @nuhunahamuzacomedy7879
    @nuhunahamuzacomedy7879 2 роки тому

    Ubwobuzima bwo nge mbona butazarangira kurige gusa kuko nge njyambona nzicwa nagahinda ntagiye cyokwishima kirangeraho ngongibone bitera agahinda nkange njyambona naravustenabi
    Nderwa nabi shihurwa
    Niganabi
    Nshaka nabi
    ............mbese nibibazo Imana iturengere 😭😭😭😭😭😭😭

  • @babungachantal8951
    @babungachantal8951 2 роки тому

    Humura mukobwa mwiza, ibibazo duhura nabyo mubuzima bitugiraho ingaruka nyinshi kandi bikadusigira indrwara. Imana irahari kandi kuva ubizi ko ufite ikibazo bizagufasha gukira.

  • @User3897hj
    @User3897hj 2 роки тому +7

    Your life matters to God and to many of us. You are beautiful

  • @graciellairakoze9548
    @graciellairakoze9548 2 роки тому

    Inama nomugira nuko yoronder umu psychologue cank umukozi wimana asanzwe amenyereye kwumviriza abantu vyohera nezaa .ningwara ibaho kandi ibabaza courage

  • @inor8458
    @inor8458 2 роки тому +1

    Mumbabarire mumbwire niba iyi nanjye atari depression. Sinkunda kuba ndikumwe nabandi bantu iyo ntakoze mba ncaka kuba ndingenyine kdi akenci iyo nibutse ibyahise ndifata nkarira kdi cyane. Ibyo abandi bakunze mba nabipinze ntakintu kinezeza ndabona. Hari igihe mva murugo ndigusaba Imana ngo imbabarire ntihagire uwo ntera igikuta. Kuko akenci iyo umuntu aje ambwira icyo ashaka numva arimo kuntetaho nkamubwira nabi kdi rwose ntanikibi ambwiye.

  • @editheninambonigaba6489
    @editheninambonigaba6489 2 роки тому +4

    Umva muko nukuri ntabwo wakira utavuze byose ibyo urikugenda usiga bizatuma bitakuvamo byose ugomba kubivuga ukabohoka abantu tukamenya uko tukuganiriza

  • @brigitteberwa969
    @brigitteberwa969 2 роки тому +5

    Bjr dépression ifata umuntu wese ahubwo wowe uzakira kuko ubizi aliko gufata umuti no kuvuga icya kubabaje courage

  • @clarissabellaterimbere6073
    @clarissabellaterimbere6073 2 роки тому

    ndakeney kumenya si kuryama can ukagum mur chambr hafi umusi wose ukwumv ata bantu mub mugomb kuvugan koyob ari depression?

  • @uwanyirigiramariette548
    @uwanyirigiramariette548 2 роки тому +1

    Yoweeeeee disi nange nuko meze pe gsa humura uzamera neza kk nange numva harigihe nzamera neza.

  • @mukangarambejeanne8686
    @mukangarambejeanne8686 2 роки тому

    Ihangane disi niyompamvu najyanga mbona no mwishuri utavuga wicaye wenyine utavuga lmana igukize pe

  • @imfurayabezannadia947
    @imfurayabezannadia947 2 роки тому

    Yoooo Sabrina uzik Hari charrecter tunjyiy guhuza 🙈🙈🙈 narinzik nteye ukwanjye nn kumbi nawe tunjyakumer kimwe ,♥️♥️ Imana izaguhe byinshi wifuza Ndagukunze disiii♥️♥️

  • @olivierbanga1626
    @olivierbanga1626 2 роки тому

    Sha iyo ndwara niyo mfite pe sinzi ngo yakira ite kuko umutwe uba wenda kumeneka pe ntarukundo ubukibona mubantu ntanugukunda mundangire nanjye uko nakira

  • @clemenceakayezu6089
    @clemenceakayezu6089 2 роки тому +2

    Uyu mwana afite ikibazo gikomeye; elle a besoin de l'aide d'un spécialiste ( en psychologie) dépression ni indwara mbi cyane iyo itavuwe

  • @ghfhfdtyfgggd6271
    @ghfhfdtyfgggd6271 2 роки тому +4

    Kumbe narashize.kuva ubu ngire ntangure gukora saving nzoje kwa muganga

  • @flavmutazi2050
    @flavmutazi2050 2 роки тому

    Abanyrda ntabwo tuzi kuvuga ( turahubuka , nta rukundo tugira ) . Ibaze kubaza umukobwa ngo uzashaka umugabo ryari ? Yaba afite umugabo ngo uzabyara ryari ??

  • @blessingveroirankunda1012
    @blessingveroirankunda1012 2 роки тому

    Niwegera Imana uzakira. Ntabwo ari depression . Ni caractères ukwiye guhindura

  • @kayitesipeace295
    @kayitesipeace295 2 роки тому

    Iyo utikunze ntiwakunda undi Imana guhe ubuzima bwishimyei

  • @roseniragire9589
    @roseniragire9589 2 роки тому

    Iyo uteye intambwe ukabiganira uba uri umunyamahirwe, nahubundi ubuzima burabishye kuruta ikintu cyose kuri iy'isi, ngewe kuva nabaho ntanikintu ndumva murijye cyandutira gupfa pe kubaho ndabyanga byarandambiye igihe cyose njya gusenga ngiye gusaba Imana ngo inyice nduhuke ark byaranze neza neza! Singira umuntu numwe kuri iy'isi mbwira ibyange, ndananiwe pe birenze ibyo umuntu yakwiyumvisha, nakoze amasengesho menshi nsaba Imana kunkurira agahinda mumutima ark byaranze neza neza,gusa icyo nzicyo nuko ndushye kd cyane

    • @nkazari
      @nkazari 2 роки тому

      Ndumva urumwe nanjye nukuri narashize, mbanumva naguma munzuuuu singire uwo mpura nawo.

    • @giramatakabebe7867
      @giramatakabebe7867 2 роки тому

      @@nkazari nge menyereye kuguma munzu ntanumuntu mba nshaka guhura nawe numva isi yaranguye hejuru

    • @mwamikazigrace7577
      @mwamikazigrace7577 2 роки тому

      Mushake kanguka musenge mwizere imana nukuri muzakira

  • @ujoli8642
    @ujoli8642 2 роки тому +1

    Pole sana sha arikope urimwiza cyane

  • @linem6641
    @linem6641 2 роки тому +5

    Quelle beauté.

  • @nsengimanaaloys7335
    @nsengimanaaloys7335 2 роки тому

    Niba ubwirwa ko ukanura nabi ntaho wabihungira kuko Niko ana yaguhanze rero uziyakire rero ku isura imana yaguhaye ntukagendere ku byo abantu bavuga ahubwo ugomba kwishimira uko imana yakuremye Aho kugendera ku marangamutima y abantu pole mukobwa mwiza nturi mubi vana amaso ku bana bantu .hanga amaso yawe ku mana izgucira inzira .

  • @estherasifiwe4834
    @estherasifiwe4834 2 роки тому

    uyu mwana ndumva amvugiye ibintu uko ameze nanjye nikomeze gusa yibere mu Mana gusa asenge haricyo Imana izakora

  • @charlottekarengera2633
    @charlottekarengera2633 2 роки тому +3

    Sabin wivuga ngo n'agahinda kadasobanutse kuko waba uri gupfobya indwara kandi ikomeye ! Dépression iba ifite icyayiteye kandi gikomereye uyifite. Komera sabrina ,kandi usenge Yesu arakiza ntagikomere nakimwe atakiza arashoboye ! Ikindi ujye ushaka abantu wizeye bata gucira imanza ubabwire ibyawe nabyo birafasha!

  • @thebluespatrick3487
    @thebluespatrick3487 2 роки тому +2

    humura mama Imana irakuzi ujye usenga kane

  • @ngolivier4016
    @ngolivier4016 2 роки тому

    Daisy, I know her twariganye i butare, primary ku kibondo gusa icyo kibazo cya depression ntacyo yagiraga

  • @rosineviva1170
    @rosineviva1170 2 роки тому

    Totally the same as me nuko ubaye intwari gusa ibimenyetso byose turabihuje %

  • @ujoli8642
    @ujoli8642 2 роки тому +1

    Manawe turwayekimwe ikintunkora nkundagusenga nkanasabimbabazi iyonibutse ibyonavuzehonabi biramfasha murububuzima bugoye Imanigukomeze nawe mukobwamwiza

    • @clementinekaranga3416
      @clementinekaranga3416 2 роки тому

      Najye byambayeho ariko byarashize aruko mbyaye , hamwe nogusenga cyane eeee Bible uzayigire inshuti yahafi birafashaaa cyane ariko bisabako wemerako Imana igukunda

    • @ujoli8642
      @ujoli8642 2 роки тому +1

      @@clementinekaranga3416 Amen nshuti Imanihabwicyubahiro koyakuvunjiye ikaguhumugisha ndavugakubyara bituma utihugiraho nanjye byajyemfite utwanadutoya twinkurikirane ariko ukobagendabakura bigendabyoroha🙏

    • @clementinekaranga3416
      @clementinekaranga3416 2 роки тому

      @@ujoli8642 jyewe ni mutoya ariko kuva namubyara nibwo nsigaye nsinziraaa , appetit yaragarutse , nsigaye ndi umuntu kandi najye ntawigeze abimenya ntamuntu numwe nigeraga mbibwira , ibazeko nize psychology nabanje kuba umwalimu nataha akaba aribwo bimbabaza , aho nasengeye byanyabyo nibwo nakize ubu Bible is my best friend ♥

    • @ujoli8642
      @ujoli8642 2 роки тому

      @@clementinekaranga3416 wow biranshimishije kumva harumuntuduhuje nanjye igisubizo nikumana nanjye umuntu ubizi ni umugabowanjye gusa ntago njyanifuzakubiganiriza uwariwewese kuko kugirango umuntuyumvekwarikibazo keretse yarayirwaye cg ayirwaje sha Imanayonyine

  • @balancedlifetv
    @balancedlifetv 2 роки тому +4

    Humura mukobwa mwiza, depression irakira burundu. Nigeze kuyugira yari impitanye, nafashijwe na cloves, guhekenya 3 mu gitondo na 3 nimugoroba mbere yo kuryama. Uzabona results icyumweru kitarashira. God be your healer!!!

    • @nothingheard
      @nothingheard 2 роки тому +1

      ntago ari constipation

    • @mukundankasesylvie9558
      @mukundankasesylvie9558 2 роки тому

      @@nothingheard 😀😀😀

    • @mukundankasesylvie9558
      @mukundankasesylvie9558 2 роки тому +1

      😀😀😀

    • @balancedlifetv
      @balancedlifetv 2 роки тому +1

      @@nothingheard I know, ni depression mvuze ko ikira kandi ndi umuhamya wabyo, cloves zikora ku bintu byinshi cyane cyane mental health, so sorry niba ntabyo wari uzi, uzi ko constipation ariyo ikira yonyine, kandi na yo utiyitayeho ntiyakira. Nizerera mu byaremwe bikora umurimo uhambaye ku buzima n ubwo abantu benshi batabizi cg batabiha agaciro.

    • @ijwiryabatavuga6710
      @ijwiryabatavuga6710 2 роки тому

      Cloves ni iki mukinyarwanda?

  • @rukundopendo1582
    @rukundopendo1582 2 роки тому

    None se ko akiri muto akaba afite ababyeyi n'bavandimwe akaba atarashaka ngo urugo Wenda rumunanize!!! Kuki iyo depression yamurenze!

  • @mamakensane8388
    @mamakensane8388 2 роки тому +1

    Yoooo dufite ikibazo kimwe disi,ntamuntu wicisha bugufi nkanjye numva umuntu wese namwubaha uko ari ariko iyo umuntu ataramenyera abona nsuzugura.birambabaza ariko murijue simenya gusamara cg kuvuga cyane

    • @ishimweplacidy9598
      @ishimweplacidy9598 2 роки тому

      Me too 😢😢😢

    • @sunshinetv537
      @sunshinetv537 2 роки тому

      Me too🙆

    • @angeiradukunda274
      @angeiradukunda274 2 роки тому +1

      yoo! najye niko meze gusa jyewe aho dutandukaniye nuko nceceka murwego rwokwirinda kuza kuvuga nabi,mvuga aho biringobwa gusa

    • @sifayvonne140
      @sifayvonne140 2 роки тому

      @@angeiradukunda274 same

  • @nyiramwizadejoie9357
    @nyiramwizadejoie9357 2 роки тому +2

    Ukuntu uri keza se wee uri keza cyanee rwose pee

  • @prudentiennekamikazi130
    @prudentiennekamikazi130 2 роки тому

    Mukobwa mwiza Sabrina. Uhungire kuri Yesu azakumara ako gahinda kagushiremo burundu. Yesu arashoboye yacyijije benshi kandi aractacyiza humura ntiwemerere urwo rupfu

    • @فهدالشمري-ر2ي
      @فهدالشمري-ر2ي 2 роки тому

      Iyo rwara nanje yarafashe ndayimaranye 11ans ariko hamwe nogusenga nizerako izoshira

  • @claudinebigirimana5408
    @claudinebigirimana5408 2 роки тому

    Nabanze akuremwo perruques, uyumukobwa agomba kuba ari mwiza cyane

  • @venantiebusabusa7431
    @venantiebusabusa7431 2 роки тому +1

    Daisy.ibyo bibazo waciyemwo utavugira ngaho kuri caméra nivyo biguteye dépression.umusi watuye ukabivugira kukarubanda niho uzakira.

    • @ivy202
      @ivy202 2 роки тому

      Yewe nange iyombonye abandi babohotse bakavugira ibibazo byabo aha ,numva nange nazatinyuka nkavugibyange ,arko nkumvako mbivuze noneho barara banyishe

  • @Human1living
    @Human1living Рік тому

    Umeze nkusinziriye

  • @fastandfeastfullyyours7
    @fastandfeastfullyyours7 2 роки тому +4

    Pour répondre à la question de Sabin, Daisy ni izina ry'ururabo mu gifaransa bita Marguerite

    • @auxy9583
      @auxy9583 2 роки тому

      Merci pour la réponse!

  • @mugungapatrick389
    @mugungapatrick389 2 роки тому +3

    Courage Sabrina Humura bizaza.
    Kdi bizakemuka

  • @jeanafazari1864
    @jeanafazari1864 2 роки тому

    Miss Rwanda 2022 Sabrina uri mwiza courage

  • @foodandfriendship5162
    @foodandfriendship5162 2 роки тому +5

    Sha those who judge you don’t know the extend mental health can affect someone’s life!!! Hanyuma uyu mwana azajye kwa muganga bamu korere diagnosis kuko not every mental breakdown equals to depression!!! Ashobora kuba afite ADHD, bipolar, anxiety, dipression etc!!!

    • @Someone-ii7uf
      @Someone-ii7uf 2 роки тому +3

      Ibyo bya bipolar disorder na dépression ntago bibaho ni terime zabaganga bakeneye guhembwa, ubundi mubyukuri ni demons ( dayimoni) ziba zimurimo cyane ko iyisi tutayituyeho twenyine harindi tutabonesha amaso yacu, Nasenge byukuri yegere Imana izamukiza byose

    • @manmahuna1160
      @manmahuna1160 2 роки тому

      You're right......
      Our life has up and down épisodes....

  • @uwinemaalpfa2478
    @uwinemaalpfa2478 2 роки тому +2

    Yeweeeee mbese ibyo bintu nindwara ngewe rero ubu nsigaje akuka gacye kuko nibyo nihoreramo

    • @clementinekaranga3416
      @clementinekaranga3416 2 роки тому

      Uransekeje ihangane kandi ukomere, shakisha ukuntu ugira Bible inshuti yawe usenge kandi ushake umuntu muganira cg wandike uzajye wandika nabyo birafasha , unywe amazi kenshi yakazuyazi sibyo

    • @anetkiiza6118
      @anetkiiza6118 2 роки тому +1

      Sorry my dear

  • @yvettekanyamuneza1801
    @yvettekanyamuneza1801 2 роки тому +2

    Reka dufashanyeee umuntu ambonye ubwa mbere wese avuga ngo ndasuzugurana ivyo ntanumwanya nabihaye kuko siko biri, gusa kubera KO mbanza kukwihweza kandi sinshoka nkugurukira niyo mpamvu. Igumire uko, ntiwitware ubuzima, je ndabimazemwo igiheere kandi abantu ntibaguteshe igihe ni kubaho

    • @alinemukiza1635
      @alinemukiza1635 2 роки тому

      Unva Chr Nanjye pe nuko nakuze bambwira ngo ndeba nabi ngo ndasuzugura kandi wamugani siko biba biri pe harigihe abantu bibesha kumuntu bagaca imanza wagirango baba bicaye mumutima wumuntu ariko icyo Nanjye namubwira ye kubiha umwanya cyane akomeze abeho yishimye rwose njye ntamwanya nabihaga rwose

  • @auxy9583
    @auxy9583 2 роки тому +1

    Icyiza cyo gukurikirana ibiganiro nk,ibi n,uko Hari abantu bazagenda bavumbura ko barwaye!

  • @uwemeyegisele9354
    @uwemeyegisele9354 2 роки тому +1

    ubuzima ni byiza ni bibi, iga kwikunda kdi ujye wiganiriza nibwo uzashora gukomera! ubundi ushyire imbere ibigushimisha, negativity uzirengagize, ubuzima buzamera nka bombo😉 say it for yourself every morning; i can do it and do what you like

  • @Spreadkindnessde
    @Spreadkindnessde 2 роки тому +2

    Sha ntago usuzugura pee ndakuzi uri umwana mwiza Ntrb

  • @lolitaimena9782
    @lolitaimena9782 2 роки тому +13

    Disi uno mwana tumeze kimwe tell que 😭noneho nge mba nanashaka kubaho ngenyine

    • @rwandamum8323
      @rwandamum8323 2 роки тому

      Yooo ihangane,bibaho.ujye ujya gusenga birafasha kandi wunve ko urimbere yimana yunva agahinda kawe.niwe nshuti nziza jya uyiganiriza ibyawe igira ibanga.mugihe gito uzabona igisubizo.upfa kuba wizera

    • @tuyisengejeanne382
      @tuyisengejeanne382 2 роки тому

      Ninjye gusa pe abantu bose tuziranye sorry pe ndanasenga ngo Imana ijye imfasha sinkakomeretse abandi hafi

    • @prudentdekigali
      @prudentdekigali 2 роки тому

      Ufite wese dépression nagira uwo abwira sawa ni byiza gusa mumenye Imana iyikiza.

    • @mukangarambejeanne8686
      @mukangarambejeanne8686 2 роки тому

      Yooo! Ihangane disi niyompamvu najyanga mbona no mwishuri utavuga wicaye wenyine utavuga lmana igukize pe

  • @gloriajoyeusemanishimwe5038
    @gloriajoyeusemanishimwe5038 2 роки тому

    Harindirimbo nkunda ivuga ngo wanyigishije kwihangana wemera yukombabara ngo ungire ukwiriye

  • @johnsonS64
    @johnsonS64 2 роки тому

    Na Sinusitis cg se Senezie yari ifiyeri nkiga muri High School! So cut the crop! Reka kubeshyaho niba ushaka umugabo jya muri Choir cg ushake indi nzira !!

    • @furahakanakuze9786
      @furahakanakuze9786 2 роки тому

      Ubona se yaragumiye ku buryo yaba aje gushaka umugabo hano uri igishwi pe,ni mwiza ntiyabura umutereta komera sha Daisy mwana w'iwacu i Butare

  • @sophienyirahafashimana8082
    @sophienyirahafashimana8082 11 місяців тому

    Abantu bararushye

  • @luna_ray4774
    @luna_ray4774 2 роки тому +2

    Sha ubu ndumiwe, sha nukuri nanjye ndwaye depression ya dange. Kuko hari nibimbaho birenze ibi.

    • @GSP__
      @GSP__ 2 роки тому

      Nugushaka umuganga yagufasha. Umbwire mukurangire

    • @whatistheend8563
      @whatistheend8563 2 роки тому

      @@GSP__ umuntu yakuvugisha gute

  • @uwimanacecile9115
    @uwimanacecile9115 2 роки тому +2

    eh ko numva nashize🥱 muturangire umuganga pe!

  • @Jo-vk3my
    @Jo-vk3my 2 роки тому

    Si ndi muganga ariko nkunda gusoma ibirebana n'ubuzima. Wavuze ko wabonye ibintu bibi muri S5 ariko bishobora no kuba byaragufatiranye no kubura intungamubiri zimwe mu buzima. Bikunze kubaho ku gitsina gore kubera imiterere yacu. Iyo umuntu akubonye abona ufite intege nke kuburyo nahita ngusaba gufata za supplements za iron, zinc na magnesium. Ikindi kdi iyo utabifite bihagije mumubiri utakaza appetite kdi ukagira depression. Kutazigira zihagije bitera depression, za change of moods etc. Nakugira inama yo kuzigura ubundi ukajya winywera umubirizi nawo uri mu byagaragaye kubikiza depression. Appetit nigaruka ujye wibanda kubiribwa byuzuyemo intungamubiri ukunze gukenera. Nanditse ntarangije inkuru, nzarangiza ejo, burije ariko niba utarajya kwa muganga w'umubiri uzipimishe barebe ibyo ubura mumubiri. Nabyo birafasha cyane....
    Izo ntungamubiri nkubwiye bazitangamo nk'imiti ya depression cyane magnesium na zinc! Sawa ni wo muganda numva natanga kdi sinabura kukubwira ko uri mukobwajana!

  • @nisaisabele3084
    @nisaisabele3084 2 роки тому

    Ko numva uri impanga yanjye?

  • @philos-ange1480
    @philos-ange1480 2 роки тому

    Ntacyo ubaye usibyeko ako kantu wikoreye kumutwe ntabwo ari sawa ugumanye agasatsi kwawe waba keza

  • @jozarwanda7899
    @jozarwanda7899 2 роки тому +3

    Yewe niba aribyo ngewe narashize

  • @hyacinthehabibu891
    @hyacinthehabibu891 2 роки тому

    Nukuntu ureba neza di!humura urimwiza nukuri

  • @hakuzweyezuinnocent9330
    @hakuzweyezuinnocent9330 2 роки тому +2

    We shared common history I feel sorry for you 😏 you are beautiful both anatomically and soul your dreams eventually will come true
    Life has no formula belongings will help you
    Ikindi kubaho nukubana abantu bafite bagushakire akazi
    God bless you

  • @zawadiingabire6005
    @zawadiingabire6005 2 роки тому

    Sha ndumva ibyo uvuga ari nge gsa.Aka kanya ndimo kureba iki kiganiro maze kurira atagira ingano 😭😭😭😭Gsa nge mbimaranye igihe mundangire uwamfasha 😢😭

  • @colettehefel540
    @colettehefel540 2 роки тому +3

    Dépression wemeye ko uyifite ukagira uwo ubibyira uko wiyumva biragufasha mpore mukobga mwiza

  • @jessica-py5sf
    @jessica-py5sf 2 роки тому +5

    Nabe nawe papa wanyu yita kuri abo bana banyu ubwo ukamugirira impuhwe abandi twe no kumenyako mwariye kandi akora ni ikibazo mana we mbega isi

    • @gjoneheartp2151
      @gjoneheartp2151 2 роки тому +1

      Mwihangane kdi mukomere imiryango yubu ni hatali

    • @jessica-py5sf
      @jessica-py5sf 2 роки тому +1

      @@gjoneheartp2151 Umva uratekereza rimwe ukavuga uti uyu ni umubyeyi cg abo bavukana ntibabareba nawe ayo abonye ni inzoga gusa my God Imana ijye itanga ihumure

    • @gateteedmond1696
      @gateteedmond1696 2 роки тому +1

      @@jessica-py5sf jyewe ndabumva cyane pe nuyu mukobwa Imana izamuhe akazi,hari ikizahinduka akajya yikemurira ibibazo kdi nawe Imana izakwibuke

    • @anetkiiza6118
      @anetkiiza6118 2 роки тому

      Yoo Pole sana

  • @Hustle-cage
    @Hustle-cage 2 роки тому +9

    Uri mwiza cysne Sabrina, just know that

  • @godwingodwin4975
    @godwingodwin4975 2 роки тому +4

    Imana niyo ikiza depression. ( Ndumuhamya )

  • @Karabo-
    @Karabo- 2 роки тому +2

    Uri keza cyane Daisy😍

  • @valentineishimwe2795
    @valentineishimwe2795 2 роки тому

    I totally understand her

  • @aishajeanine3552
    @aishajeanine3552 2 роки тому +2

    Yoooh pole sana

  • @UKURIKIYENYAGASANIDEO
    @UKURIKIYENYAGASANIDEO 2 роки тому

    MASSAGE YITWA BODY TO BODY MURAYIZI? NYIKORA NAMBAYE UBUSA NUMUGABO YAMBAYE UBUSA NKAMURYAMA HEJURU NGWINO KU @UBURIRI TV MBIKWEREKE

  • @tuzojanatv2414
    @tuzojanatv2414 2 роки тому +4

    Sabrina uzokira, iyo ntambwe yo kubivuga ni umwe mu miti ikiza dépression. Wumve KO tugukunda hano mu Burundi i Bubanza.

  • @nduwayoplacide3174
    @nduwayoplacide3174 2 роки тому +1

    Buriya njye ndi umusore ariko nanjye Niko mbayeho kuburyo abantu banyanga ntazi impamvu life yanjye ni copy paste y'iby'uwo mukobwa

  • @thebluespatrick3487
    @thebluespatrick3487 2 роки тому +1

    Nanjye nuko meze gusa gusenga nibyo bidufasha

  • @branchbizima1031
    @branchbizima1031 2 роки тому

    Oya rwose ntiwihebe URI mwiza

  • @eliassed
    @eliassed 2 роки тому +4

    Courage mukobwa mwiza....

  • @janvieruwitije2653
    @janvieruwitije2653 2 роки тому +1

    ariko ntabwo uri mubi nukuri , barakubeshya

  • @kevineuwase5830
    @kevineuwase5830 2 роки тому +1

    Ch nange abantu bambwira ko Nsa nkuwusuzugura😔

    • @emmanueldukizwanayofabien5659
      @emmanueldukizwanayofabien5659 2 роки тому

      Pole! Gusa hari igihe uba wararozwe icyangiro iyo ugifite buri wese akubonamo agasuzuguro niba wizera Kristo uzashake ugusengera bizakuvaho.

  • @Gicanda4
    @Gicanda4 2 роки тому +2

    She is so beautiful 😍😍❤️❤️😍

  • @muhireaimemarcel2527
    @muhireaimemarcel2527 2 роки тому

    U better exercise mukobwa mwiza! Ushake nkaka Gym ujye ukora sport birafasha

  • @emmanueldukizwanayofabien5659
    @emmanueldukizwanayofabien5659 2 роки тому

    Mukobwa mwiza waragenderewe iyo si depression waragenderewe ntabwo depression itera abantu kukureba bakakubonamo agasuzuguro ni satani ikwereka ko ari depression yanaguteje icyangiro muhumuke musenge gusa byagufatiye aho wabaye!

  • @dinafille2087
    @dinafille2087 2 роки тому +2

    siwowe wenyine benshi muritwe twarashize ihangane

  • @nshimirimanafrancoise2517
    @nshimirimanafrancoise2517 2 роки тому

    Mana weee ndumva Murumunanje afise dépression ukuntu atey twese biraducanga Mana jeho vyahora vyankak ndamwihanganira nn ndumv aringwara peee