Iyo depression iracyari hasi kandi facile de récupérer la vie normale ndebye ( physiquement aho ageze ) nkunva nibye : 3 choses peuvent l,aider : 1 Petits moyens financiers pour secourir à ses besoins élémentaires. 2 L,encadrement ( petits job , no hard dans un campany où travaillent beaucoup de personnes ..lui permettra une distraction utiles... 3 : L,alimentation végétale + fruits en premier lieu , marche un peu de sauna.
Dépression ni indwara, na ba pasteurs bakomeye barazirWara. Kugira dépression nti bivuga kutamenya Yesu Ahubwo akeneye ubufasha bwasengesho ikiruta kumwegera no kumwereka urukundo.
(21yrs-30yrs) If u are experiencing depression menya iki kintu: No matter what, BETTER DAYS ARE COMING. surely surely Ubwoba benshi dufite bw'ubuzima SIKO BIZAGENDA ngo ubuzima bwacu bube bubi... Nukuri BUZABA BWIZA. Ni mind iba iri guFiguringa ibintu nabi ariko Reality y'ubuzima nuko BIZAGENDA NEZA. Be encouraged.
Ntugahishe ibikubabaje disi , c’est important de mettre des mots sur les maux. Uzashake umu psychologue, cyangwa undi muganga ugukurikirna.. Bizagufasha cyane.
Niba ubwirwa ko ukanura nabi ntaho wabihungira kuko Niko ana yaguhanze rero uziyakire rero ku isura imana yaguhaye ntukagendere ku byo abantu bavuga ahubwo ugomba kwishimira uko imana yakuremye Aho kugendera ku marangamutima y abantu pole mukobwa mwiza nturi mubi vana amaso ku bana bantu .hanga amaso yawe ku mana izgucira inzira .
Humura mukobwa mwiza, depression irakira burundu. Nigeze kuyugira yari impitanye, nafashijwe na cloves, guhekenya 3 mu gitondo na 3 nimugoroba mbere yo kuryama. Uzabona results icyumweru kitarashira. God be your healer!!!
@@nothingheard I know, ni depression mvuze ko ikira kandi ndi umuhamya wabyo, cloves zikora ku bintu byinshi cyane cyane mental health, so sorry niba ntabyo wari uzi, uzi ko constipation ariyo ikira yonyine, kandi na yo utiyitayeho ntiyakira. Nizerera mu byaremwe bikora umurimo uhambaye ku buzima n ubwo abantu benshi batabizi cg batabiha agaciro.
Sha those who judge you don’t know the extend mental health can affect someone’s life!!! Hanyuma uyu mwana azajye kwa muganga bamu korere diagnosis kuko not every mental breakdown equals to depression!!! Ashobora kuba afite ADHD, bipolar, anxiety, dipression etc!!!
ubuzima ni byiza ni bibi, iga kwikunda kdi ujye wiganiriza nibwo uzashora gukomera! ubundi ushyire imbere ibigushimisha, negativity uzirengagize, ubuzima buzamera nka bombo😉 say it for yourself every morning; i can do it and do what you like
Na Sinusitis cg se Senezie yari ifiyeri nkiga muri High School! So cut the crop! Reka kubeshyaho niba ushaka umugabo jya muri Choir cg ushake indi nzira !!
We shared common history I feel sorry for you 😏 you are beautiful both anatomically and soul your dreams eventually will come true Life has no formula belongings will help you Ikindi kubaho nukubana abantu bafite bagushakire akazi God bless you
@@gjoneheartp2151 Umva uratekereza rimwe ukavuga uti uyu ni umubyeyi cg abo bavukana ntibabareba nawe ayo abonye ni inzoga gusa my God Imana ijye itanga ihumure
Niba wifuza kuvugisha SABRINA DEISSY: +250789392837
Ukaba umutanzemo pass
@@claireiradukunda1628 bibaho gusa usenge IMANA ishobora byose kind ihindura every situation woe utangire urebe INDIRIMBO zimana usenge IMANA iguhe amahoro yomumutima bizakunda
@@claireiradukunda1628 komera Kandi usenge . Ariko Kandi uzashake umuntu wizeye mujye muganira .nubishobora uzivuze umu psychologist azagufasaha
@@claireiradukunda1628 komera disi niyo yakanyagwa,umutobe w'imboga wagufadha cyane mu mezi atandatu ukibanda kuli pommes cyane ibishyishwa ,beteraves ,basilicum.....byagufasha ubifata ukibyuka akarahure buri gitondo
Eeh! Abakubwiye ko ureba nabi barakubeshye, ufite amaso meza kandi uri keza pe💯 Sasa abantu bafite ubwenge bwinshi, iyo badafite icyo bakora bagira ikibazo nkicyo cya depression. Ufite intego nziza kandi uzi icyo ushaka, Uwiteka agucire inzira, uri uwakamaro 👌
Daisy nyuma yo kugutega amatwi nsanze ikibazo kinini ufite giterwa no kutagira akazi basi ngo kaku occupe kandi kaguhe ikintu nyuma y ukwezi ugire icyo ufasha umubyeyi wawe...nibyo ahanini bigutera depression!! ibyo bihe ndabizi cyane. gusa Imana ikorohereze kandi iguhe akazi....nizeye neza ko nikaboneka ugatangira gushyira ubuzima bwawe ku murongo uzaba muzima ibyishimo biboneke muri wowe ube umuntu mushya. ihangane nukuri kenyera ukomeze kandi ube serous. nkwifurije kuba indwanyi. umukobwa w intwari.
Nanje nsanze nahora mfite dépression ariko kuva nakiriye Yesu nk'umwami n'umukiza w'ubugingo bwanje ubu ndiko ndakira.Nakugira inama kwegera Yesu nimba utaramwakira umwakire azokuraho vyose waramwakiriy naho senga cane urwize ubusabane nawe Yesu niwe ashobora kudukurako ivyago vyose.🇧🇮
Yesu akiza depression umwegere cyane ntajye yarayinyijije
@@bobm4381
Ibintu bya yesu rwose harigihe kbxx biba bitagikora pee🤦
@@mutonimichelle4257 nuko utaba ugifise icyizere knd ukagomb kubicish mu nzira zawe bikaburaho bikagukomerera vyose nukuguma ku mavi usenga kuko umusi ni saha iyo bigez Imana irishura
Pole sana Daisy, gusa ndumva mezeneza nkawe abantu bakunda kumbwira ngo nvuga nabi kdi ntamutima mubi mbambivugana, Ahubwo niba koko iyingiyi ari depression hagire abaganga batubwire ncake umu therapist 😞🙏🏾
Iyo depression iracyari hasi kandi facile de récupérer la vie normale ndebye ( physiquement aho ageze ) nkunva nibye :
3 choses peuvent l,aider :
1 Petits moyens financiers pour secourir à ses besoins élémentaires.
2 L,encadrement ( petits job , no hard dans un campany où travaillent beaucoup de personnes ..lui permettra une distraction utiles...
3 : L,alimentation végétale + fruits en premier lieu , marche un peu de sauna.
Nanjye nsanze meze nkuyumikobwa ariko ibyanjye ubanza birenze kuko njye abana Bose twiganye bambwiragako nsuzugura ,ndebanabi, mvuga nabi, babimbwira nkiherera nkarira . Nkabaza Imana impamvu aruko abandi bambona , nkurikije ibimenyetso bya depression ndayifite ahubwo yenda kunyica , hagize uwandangira icyamfasha rwose yantabara kuko usibye kuba mfite abana ubundi mbona iyisi nabayituye arabagome ndabanga , nirinda ikintucyose cyampuza nabantu ,murusengero narahacitse, mubirori simbokunda numva nakwigumira munzu nabana banjye ,hagize uwandangira abaganga cg ubundi buryo nabisohokamo Yaba amfashije murakoze.
Ngira ngo niba hari abapsychologue bari hano mutubwire, nubwo yaba afitemo umurari ariko indoro ye nayo irananiwe kandi igaragaza uko mu mutwe hananiwe. Akeneye abamwegera cyane kurushaho. Gusa ubwo akiri muto niyishime anezerwe kuko azakira kandi akomeze ubizima yishimya.
Pole sana ,jya ukunda kubaho mubuzima bwo gusenga usoma bibiriya cyane.ushake umuganga bizagufasha
Gusenga nibya mbere.niwo muti wibibazo byose.iyo ubabaye wunva uruhutse
Ndumva wakwakira yesu kugira akuyobore niwe ahaza amahoro imutima itayifite🙏
Dépression ni indwara, na ba pasteurs bakomeye barazirWara. Kugira dépression nti bivuga kutamenya Yesu
Ahubwo akeneye ubufasha bwasengesho ikiruta kumwegera no kumwereka urukundo.
sh pole nukuri.ahubwo nanjye ubanza narabwaye kera.hari ibintu bibiri duhuje 100%. (nanga umuntu uza umbwira ibintu biraho, ushobora kumbwira ngashiduka nakubwiye nkikintu nyuma nkumva ngo navuze nabi)
Ubwo wabimenye ukemera ko ubifite, ukaba watangiye nogushobora kubivuga uzakira mwana wacu hjmura. Uracyarumwana kandi wujuje ibyangombwa byose bikenewe. Ufite ubwo buto bwawe, ubwiza, amashuri na mama wawe wumubyeyi mwiza cyane. Kuba umwishyikiraho nibyingenzi.
yewe, njyewe ndumva ahubwo narapfuye mpagaze. kuko umutima wanjye waraboze. igituma nyitekereza kubaho numwana wanjye gusa. ibindi kanicecekere.
Joshua Mugisha birababaje😢. Njye Yezu niwe byose kuri njye, niwe umpumuriza iyo byanyobeye, niwe nkunda kandi nizera ko ankunda birenze, niwe utuma numva nishimye kuko nziko atanga byose. Rero isunge Yezu aratabara. 🙏
Pole sana
Komera mukobwa mwiza bizashira rwose ube amahoro gusa uzage kwa muganga bagupime umutima,isukari nibindi bizame ikindi ukunde sports na music kandi ukunde gusenga ujya muri church birafasha uzumva uruhutse rwose ndabikwijeje Yesu nibyose kumufite.
Sabin, Daisy is a flower. Most of the times it' s white with a yellow color in the center but there are also yellow daisies or lavender.
(21yrs-30yrs) If u are experiencing depression menya iki kintu: No matter what, BETTER DAYS ARE COMING. surely surely Ubwoba benshi dufite bw'ubuzima SIKO BIZAGENDA ngo ubuzima bwacu bube bubi... Nukuri BUZABA BWIZA. Ni mind iba iri guFiguringa ibintu nabi ariko Reality y'ubuzima nuko BIZAGENDA NEZA. Be encouraged.
Aka kantu ni sawa kbsa
Reka tubyizere niba ariko kuri koko.
@@fillettegisele8859 Fille, nukuri Bizagenda Neza I swear... Believe me. ndarahiye
Gufiguringa?! haaa sorry guseka iryo jambo
@@ntayorwa7896 😂😂😂 nikwakundi akajambo kakujabuka tu😂😂😂 nari nshatse kuvuga wenda "nko kubona ibinru mu buryo runaka"
Abantu benshi tugenda twarahereye imbere 😭😭😭Imana inje imbere nanje duhuje ibibazo disi kandi ndabimaranye igihe kirekire cane jeho ngeze kuri étape yo kuwumva ntanumuntu nshaka kuvugisha nshobora kumara n’ukwezi atamuntu ambonye hanze kandi umbonye inyuma wogira ngo nd’umuntu muzima
Chr ihangane mukobwa mwiza
Mana weee, narinziko aringe uteye gutyo ngenyine , nukuri imana yonyine niyo yadufasha kko biravuna cyane, nange nacitse kubantu kumiryango kuburyo mbanumva naba ngenyine simpure nabantu, iyo mbabaye mbanumva nakwipfira, gsa nubu ntafite abana nakwiyahura kko mwiyisi ntacyiza cyirimo nakimwe ,
PoIe sh ndakumva cyane nge nshaka kuba ndi ngenyine ......
@@ivy202 iyi sms wagirango ni ubuzima bwange burundu nange nanze kwiyambura ubuzima kuko nkunda bana bange ntakindi mbona nakimwe kinejeje nako ndumva nge nawe ntaho dutaniye ntakundi reka dupower
@@giramatakabebe7867 ndakumva cyane, ariko kuba wenyine sibyiza , uzajye usenga , ikindi uganire kuko nuseka nabyo nibyiza , ikindi uzajye usoma ibitabo nubishobora , Bible cyane
Abantu Bateye Gutya Baba bagira Umutima Mwiza. Nonese nigute imyitwarire nkiyi yashira.
Ntugahishe ibikubabaje disi , c’est important de mettre des mots sur les maux. Uzashake umu psychologue, cyangwa undi muganga ugukurikirna.. Bizagufasha cyane.
C'est très vrai elle a besoin de parlé avec un pro
Hano mu Rwanda umuntu ababona gute?
Chr uratumye nigaya pe kandi umbabarire ikindi haribindi unyigishijeho harinibyo neretswe kandi nibyongiye gukora urako YESU akwiteho
Uyumwana ndamutahura cyane! Mfite ikibazo kimw nawe! Ngira agahinda iyo mbona struggle barumuna banje bafite !
Numara kubohoka neza uzagaruke hano unatubwire Ibyo waciyemo wiga muwa5 segonderi ( 10:10 )utari umenyereye bikaba bikekwaho kuba intandaro y'iyo myitwarire!
Urasa neza 🤗 nyamara ureba neza utwiso twiza uri keza
Ni keza cyaneee ,afite namaso meza cyanee,
🥰🥰
Ikintu cyagufasha niba warabuze akazi ihangire umurimo bizagufasha.
Kuryama ntagisubizo wabikuramo.
Nange ndumwana narimfite ibyobibazo ark iko iminsi yagiye ishira byagiye birangira
Ubwobuzima bwo nge mbona butazarangira kurige gusa kuko nge njyambona nzicwa nagahinda ntagiye cyokwishima kirangeraho ngongibone bitera agahinda nkange njyambona naravustenabi
Nderwa nabi shihurwa
Niganabi
Nshaka nabi
............mbese nibibazo Imana iturengere 😭😭😭😭😭😭😭
Humura mukobwa mwiza, ibibazo duhura nabyo mubuzima bitugiraho ingaruka nyinshi kandi bikadusigira indrwara. Imana irahari kandi kuva ubizi ko ufite ikibazo bizagufasha gukira.
Your life matters to God and to many of us. You are beautiful
Inama nomugira nuko yoronder umu psychologue cank umukozi wimana asanzwe amenyereye kwumviriza abantu vyohera nezaa .ningwara ibaho kandi ibabaza courage
Mumbabarire mumbwire niba iyi nanjye atari depression. Sinkunda kuba ndikumwe nabandi bantu iyo ntakoze mba ncaka kuba ndingenyine kdi akenci iyo nibutse ibyahise ndifata nkarira kdi cyane. Ibyo abandi bakunze mba nabipinze ntakintu kinezeza ndabona. Hari igihe mva murugo ndigusaba Imana ngo imbabarire ntihagire uwo ntera igikuta. Kuko akenci iyo umuntu aje ambwira icyo ashaka numva arimo kuntetaho nkamubwira nabi kdi rwose ntanikibi ambwiye.
Urarwaye nawe disi poIe!!
Yewe depression irimo uko mbibona
Umva muko nukuri ntabwo wakira utavuze byose ibyo urikugenda usiga bizatuma bitakuvamo byose ugomba kubivuga ukabohoka abantu tukamenya uko tukuganiriza
Bjr dépression ifata umuntu wese ahubwo wowe uzakira kuko ubizi aliko gufata umuti no kuvuga icya kubabaje courage
Oh crop j
ndakeney kumenya si kuryama can ukagum mur chambr hafi umusi wose ukwumv ata bantu mub mugomb kuvugan koyob ari depression?
Yoweeeeee disi nange nuko meze pe gsa humura uzamera neza kk nange numva harigihe nzamera neza.
Ihangane disi niyompamvu najyanga mbona no mwishuri utavuga wicaye wenyine utavuga lmana igukize pe
Yoooo Sabrina uzik Hari charrecter tunjyiy guhuza 🙈🙈🙈 narinzik nteye ukwanjye nn kumbi nawe tunjyakumer kimwe ,♥️♥️ Imana izaguhe byinshi wifuza Ndagukunze disiii♥️♥️
Sha iyo ndwara niyo mfite pe sinzi ngo yakira ite kuko umutwe uba wenda kumeneka pe ntarukundo ubukibona mubantu ntanugukunda mundangire nanjye uko nakira
Uyu mwana afite ikibazo gikomeye; elle a besoin de l'aide d'un spécialiste ( en psychologie) dépression ni indwara mbi cyane iyo itavuwe
Kumbe narashize.kuva ubu ngire ntangure gukora saving nzoje kwa muganga
Abanyrda ntabwo tuzi kuvuga ( turahubuka , nta rukundo tugira ) . Ibaze kubaza umukobwa ngo uzashaka umugabo ryari ? Yaba afite umugabo ngo uzabyara ryari ??
Niwegera Imana uzakira. Ntabwo ari depression . Ni caractères ukwiye guhindura
Iyo utikunze ntiwakunda undi Imana guhe ubuzima bwishimyei
Iyo uteye intambwe ukabiganira uba uri umunyamahirwe, nahubundi ubuzima burabishye kuruta ikintu cyose kuri iy'isi, ngewe kuva nabaho ntanikintu ndumva murijye cyandutira gupfa pe kubaho ndabyanga byarandambiye igihe cyose njya gusenga ngiye gusaba Imana ngo inyice nduhuke ark byaranze neza neza! Singira umuntu numwe kuri iy'isi mbwira ibyange, ndananiwe pe birenze ibyo umuntu yakwiyumvisha, nakoze amasengesho menshi nsaba Imana kunkurira agahinda mumutima ark byaranze neza neza,gusa icyo nzicyo nuko ndushye kd cyane
Ndumva urumwe nanjye nukuri narashize, mbanumva naguma munzuuuu singire uwo mpura nawo.
@@nkazari nge menyereye kuguma munzu ntanumuntu mba nshaka guhura nawe numva isi yaranguye hejuru
Mushake kanguka musenge mwizere imana nukuri muzakira
Pole sana sha arikope urimwiza cyane
Quelle beauté.
Niba ubwirwa ko ukanura nabi ntaho wabihungira kuko Niko ana yaguhanze rero uziyakire rero ku isura imana yaguhaye ntukagendere ku byo abantu bavuga ahubwo ugomba kwishimira uko imana yakuremye Aho kugendera ku marangamutima y abantu pole mukobwa mwiza nturi mubi vana amaso ku bana bantu .hanga amaso yawe ku mana izgucira inzira .
uyu mwana ndumva amvugiye ibintu uko ameze nanjye nikomeze gusa yibere mu Mana gusa asenge haricyo Imana izakora
Sabin wivuga ngo n'agahinda kadasobanutse kuko waba uri gupfobya indwara kandi ikomeye ! Dépression iba ifite icyayiteye kandi gikomereye uyifite. Komera sabrina ,kandi usenge Yesu arakiza ntagikomere nakimwe atakiza arashoboye ! Ikindi ujye ushaka abantu wizeye bata gucira imanza ubabwire ibyawe nabyo birafasha!
humura mama Imana irakuzi ujye usenga kane
Daisy, I know her twariganye i butare, primary ku kibondo gusa icyo kibazo cya depression ntacyo yagiraga
Totally the same as me nuko ubaye intwari gusa ibimenyetso byose turabihuje %
Manawe turwayekimwe ikintunkora nkundagusenga nkanasabimbabazi iyonibutse ibyonavuzehonabi biramfasha murububuzima bugoye Imanigukomeze nawe mukobwamwiza
Najye byambayeho ariko byarashize aruko mbyaye , hamwe nogusenga cyane eeee Bible uzayigire inshuti yahafi birafashaaa cyane ariko bisabako wemerako Imana igukunda
@@clementinekaranga3416 Amen nshuti Imanihabwicyubahiro koyakuvunjiye ikaguhumugisha ndavugakubyara bituma utihugiraho nanjye byajyemfite utwanadutoya twinkurikirane ariko ukobagendabakura bigendabyoroha🙏
@@ujoli8642 jyewe ni mutoya ariko kuva namubyara nibwo nsigaye nsinziraaa , appetit yaragarutse , nsigaye ndi umuntu kandi najye ntawigeze abimenya ntamuntu numwe nigeraga mbibwira , ibazeko nize psychology nabanje kuba umwalimu nataha akaba aribwo bimbabaza , aho nasengeye byanyabyo nibwo nakize ubu Bible is my best friend ♥
@@clementinekaranga3416 wow biranshimishije kumva harumuntuduhuje nanjye igisubizo nikumana nanjye umuntu ubizi ni umugabowanjye gusa ntago njyanifuzakubiganiriza uwariwewese kuko kugirango umuntuyumvekwarikibazo keretse yarayirwaye cg ayirwaje sha Imanayonyine
Humura mukobwa mwiza, depression irakira burundu. Nigeze kuyugira yari impitanye, nafashijwe na cloves, guhekenya 3 mu gitondo na 3 nimugoroba mbere yo kuryama. Uzabona results icyumweru kitarashira. God be your healer!!!
ntago ari constipation
@@nothingheard 😀😀😀
😀😀😀
@@nothingheard I know, ni depression mvuze ko ikira kandi ndi umuhamya wabyo, cloves zikora ku bintu byinshi cyane cyane mental health, so sorry niba ntabyo wari uzi, uzi ko constipation ariyo ikira yonyine, kandi na yo utiyitayeho ntiyakira. Nizerera mu byaremwe bikora umurimo uhambaye ku buzima n ubwo abantu benshi batabizi cg batabiha agaciro.
Cloves ni iki mukinyarwanda?
None se ko akiri muto akaba afite ababyeyi n'bavandimwe akaba atarashaka ngo urugo Wenda rumunanize!!! Kuki iyo depression yamurenze!
Yoooo dufite ikibazo kimwe disi,ntamuntu wicisha bugufi nkanjye numva umuntu wese namwubaha uko ari ariko iyo umuntu ataramenyera abona nsuzugura.birambabaza ariko murijue simenya gusamara cg kuvuga cyane
Me too 😢😢😢
Me too🙆
yoo! najye niko meze gusa jyewe aho dutandukaniye nuko nceceka murwego rwokwirinda kuza kuvuga nabi,mvuga aho biringobwa gusa
@@angeiradukunda274 same
Ukuntu uri keza se wee uri keza cyanee rwose pee
Mukobwa mwiza Sabrina. Uhungire kuri Yesu azakumara ako gahinda kagushiremo burundu. Yesu arashoboye yacyijije benshi kandi aractacyiza humura ntiwemerere urwo rupfu
Iyo rwara nanje yarafashe ndayimaranye 11ans ariko hamwe nogusenga nizerako izoshira
Nabanze akuremwo perruques, uyumukobwa agomba kuba ari mwiza cyane
Daisy.ibyo bibazo waciyemwo utavugira ngaho kuri caméra nivyo biguteye dépression.umusi watuye ukabivugira kukarubanda niho uzakira.
Yewe nange iyombonye abandi babohotse bakavugira ibibazo byabo aha ,numva nange nazatinyuka nkavugibyange ,arko nkumvako mbivuze noneho barara banyishe
Umeze nkusinziriye
Pour répondre à la question de Sabin, Daisy ni izina ry'ururabo mu gifaransa bita Marguerite
Merci pour la réponse!
Courage Sabrina Humura bizaza.
Kdi bizakemuka
Miss Rwanda 2022 Sabrina uri mwiza courage
Sha those who judge you don’t know the extend mental health can affect someone’s life!!! Hanyuma uyu mwana azajye kwa muganga bamu korere diagnosis kuko not every mental breakdown equals to depression!!! Ashobora kuba afite ADHD, bipolar, anxiety, dipression etc!!!
Ibyo bya bipolar disorder na dépression ntago bibaho ni terime zabaganga bakeneye guhembwa, ubundi mubyukuri ni demons ( dayimoni) ziba zimurimo cyane ko iyisi tutayituyeho twenyine harindi tutabonesha amaso yacu, Nasenge byukuri yegere Imana izamukiza byose
You're right......
Our life has up and down épisodes....
Yeweeeee mbese ibyo bintu nindwara ngewe rero ubu nsigaje akuka gacye kuko nibyo nihoreramo
Uransekeje ihangane kandi ukomere, shakisha ukuntu ugira Bible inshuti yawe usenge kandi ushake umuntu muganira cg wandike uzajye wandika nabyo birafasha , unywe amazi kenshi yakazuyazi sibyo
Sorry my dear
Reka dufashanyeee umuntu ambonye ubwa mbere wese avuga ngo ndasuzugurana ivyo ntanumwanya nabihaye kuko siko biri, gusa kubera KO mbanza kukwihweza kandi sinshoka nkugurukira niyo mpamvu. Igumire uko, ntiwitware ubuzima, je ndabimazemwo igiheere kandi abantu ntibaguteshe igihe ni kubaho
Unva Chr Nanjye pe nuko nakuze bambwira ngo ndeba nabi ngo ndasuzugura kandi wamugani siko biba biri pe harigihe abantu bibesha kumuntu bagaca imanza wagirango baba bicaye mumutima wumuntu ariko icyo Nanjye namubwira ye kubiha umwanya cyane akomeze abeho yishimye rwose njye ntamwanya nabihaga rwose
Icyiza cyo gukurikirana ibiganiro nk,ibi n,uko Hari abantu bazagenda bavumbura ko barwaye!
ubuzima ni byiza ni bibi, iga kwikunda kdi ujye wiganiriza nibwo uzashora gukomera! ubundi ushyire imbere ibigushimisha, negativity uzirengagize, ubuzima buzamera nka bombo😉 say it for yourself every morning; i can do it and do what you like
Sha ntago usuzugura pee ndakuzi uri umwana mwiza Ntrb
Disi uno mwana tumeze kimwe tell que 😭noneho nge mba nanashaka kubaho ngenyine
Yooo ihangane,bibaho.ujye ujya gusenga birafasha kandi wunve ko urimbere yimana yunva agahinda kawe.niwe nshuti nziza jya uyiganiriza ibyawe igira ibanga.mugihe gito uzabona igisubizo.upfa kuba wizera
Ninjye gusa pe abantu bose tuziranye sorry pe ndanasenga ngo Imana ijye imfasha sinkakomeretse abandi hafi
Ufite wese dépression nagira uwo abwira sawa ni byiza gusa mumenye Imana iyikiza.
Yooo! Ihangane disi niyompamvu najyanga mbona no mwishuri utavuga wicaye wenyine utavuga lmana igukize pe
Harindirimbo nkunda ivuga ngo wanyigishije kwihangana wemera yukombabara ngo ungire ukwiriye
Na Sinusitis cg se Senezie yari ifiyeri nkiga muri High School! So cut the crop! Reka kubeshyaho niba ushaka umugabo jya muri Choir cg ushake indi nzira !!
Ubona se yaragumiye ku buryo yaba aje gushaka umugabo hano uri igishwi pe,ni mwiza ntiyabura umutereta komera sha Daisy mwana w'iwacu i Butare
Abantu bararushye
Sha ubu ndumiwe, sha nukuri nanjye ndwaye depression ya dange. Kuko hari nibimbaho birenze ibi.
Nugushaka umuganga yagufasha. Umbwire mukurangire
@@GSP__ umuntu yakuvugisha gute
eh ko numva nashize🥱 muturangire umuganga pe!
Si ndi muganga ariko nkunda gusoma ibirebana n'ubuzima. Wavuze ko wabonye ibintu bibi muri S5 ariko bishobora no kuba byaragufatiranye no kubura intungamubiri zimwe mu buzima. Bikunze kubaho ku gitsina gore kubera imiterere yacu. Iyo umuntu akubonye abona ufite intege nke kuburyo nahita ngusaba gufata za supplements za iron, zinc na magnesium. Ikindi kdi iyo utabifite bihagije mumubiri utakaza appetite kdi ukagira depression. Kutazigira zihagije bitera depression, za change of moods etc. Nakugira inama yo kuzigura ubundi ukajya winywera umubirizi nawo uri mu byagaragaye kubikiza depression. Appetit nigaruka ujye wibanda kubiribwa byuzuyemo intungamubiri ukunze gukenera. Nanditse ntarangije inkuru, nzarangiza ejo, burije ariko niba utarajya kwa muganga w'umubiri uzipimishe barebe ibyo ubura mumubiri. Nabyo birafasha cyane....
Izo ntungamubiri nkubwiye bazitangamo nk'imiti ya depression cyane magnesium na zinc! Sawa ni wo muganda numva natanga kdi sinabura kukubwira ko uri mukobwajana!
Ko numva uri impanga yanjye?
Ntacyo ubaye usibyeko ako kantu wikoreye kumutwe ntabwo ari sawa ugumanye agasatsi kwawe waba keza
Yewe niba aribyo ngewe narashize
Nukuntu ureba neza di!humura urimwiza nukuri
We shared common history I feel sorry for you 😏 you are beautiful both anatomically and soul your dreams eventually will come true
Life has no formula belongings will help you
Ikindi kubaho nukubana abantu bafite bagushakire akazi
God bless you
Sha ndumva ibyo uvuga ari nge gsa.Aka kanya ndimo kureba iki kiganiro maze kurira atagira ingano 😭😭😭😭Gsa nge mbimaranye igihe mundangire uwamfasha 😢😭
Yooo pole ma chérie. Egera Imana , Uzakira. Ndagukunda.
Yooo pole ma chérie. Egera Imana , Uzakira. Ndagukunda.
Dépression wemeye ko uyifite ukagira uwo ubibyira uko wiyumva biragufasha mpore mukobga mwiza
Nabe nawe papa wanyu yita kuri abo bana banyu ubwo ukamugirira impuhwe abandi twe no kumenyako mwariye kandi akora ni ikibazo mana we mbega isi
Mwihangane kdi mukomere imiryango yubu ni hatali
@@gjoneheartp2151 Umva uratekereza rimwe ukavuga uti uyu ni umubyeyi cg abo bavukana ntibabareba nawe ayo abonye ni inzoga gusa my God Imana ijye itanga ihumure
@@jessica-py5sf jyewe ndabumva cyane pe nuyu mukobwa Imana izamuhe akazi,hari ikizahinduka akajya yikemurira ibibazo kdi nawe Imana izakwibuke
Yoo Pole sana
Uri mwiza cysne Sabrina, just know that
Imana niyo ikiza depression. ( Ndumuhamya )
Uri keza cyane Daisy😍
I totally understand her
Yoooh pole sana
MASSAGE YITWA BODY TO BODY MURAYIZI? NYIKORA NAMBAYE UBUSA NUMUGABO YAMBAYE UBUSA NKAMURYAMA HEJURU NGWINO KU @UBURIRI TV MBIKWEREKE
Sabrina uzokira, iyo ntambwe yo kubivuga ni umwe mu miti ikiza dépression. Wumve KO tugukunda hano mu Burundi i Bubanza.
Buriya njye ndi umusore ariko nanjye Niko mbayeho kuburyo abantu banyanga ntazi impamvu life yanjye ni copy paste y'iby'uwo mukobwa
Nanjye nuko meze gusa gusenga nibyo bidufasha
Oya rwose ntiwihebe URI mwiza
Courage mukobwa mwiza....
ariko ntabwo uri mubi nukuri , barakubeshya
Ch nange abantu bambwira ko Nsa nkuwusuzugura😔
Pole! Gusa hari igihe uba wararozwe icyangiro iyo ugifite buri wese akubonamo agasuzuguro niba wizera Kristo uzashake ugusengera bizakuvaho.
She is so beautiful 😍😍❤️❤️😍
U better exercise mukobwa mwiza! Ushake nkaka Gym ujye ukora sport birafasha
Mukobwa mwiza waragenderewe iyo si depression waragenderewe ntabwo depression itera abantu kukureba bakakubonamo agasuzuguro ni satani ikwereka ko ari depression yanaguteje icyangiro muhumuke musenge gusa byagufatiye aho wabaye!
siwowe wenyine benshi muritwe twarashize ihangane
Mana weee ndumva Murumunanje afise dépression ukuntu atey twese biraducanga Mana jeho vyahora vyankak ndamwihanganira nn ndumv aringwara peee