NDIFUZA GUSENYA NYUMA Y’IMYAKA 26 NUBATSE😭MPERUKA KWISHIMA MU 1997😭UMUGABO YANYISHE NABI😭
Вставка
- Опубліковано 3 бер 2024
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Розваги
0794455129 Ushaka kumuvugisha👌
Nonese ko nomero wayishyizeho Rose??
Ahanange navuga
Kbs
Iyi system Rose azanye ni sawa yo kuterekana usura yumutangabuhamya!!
Sha kbsa✔️💯
Ntecyereza ko ar’umutumirwa ubihitamo
Gusa nanone byatuma abenshi babeshya
Yavuze ko adafite isura nziza. Ngo umugabo amwishyura ko atamukunze.
Nibyiza cyane
pole sana mum warahangayitse p uwo mugabo wawe yakwishe uhagaze akwica mumutwe araguhangayicyisha kujyezanaho aguteza umwana ngo akujyirire nabi yarakwanze ninumugome cyane pe ikindi yaguteje iyicarubozo mumutwe wawe bijyira ningaruka kuruwo mwana wawe wavukanye ubumuga bwo mumutwe nihungabana ryagukomotseho ryatumye uwo mwana avuka ameze gutyo pe
Ababyeyi bafite umutima, bakagira ubumuntu ni muze twiyegamize uyu mubyeyi mu gituza, tumuhe urukundo hari abari hanze no mu Rwanda, ndumva navuza induru kugirango nduhuke ndumva mbabaye ku bw' uyu mubyeyi.
Ihangane 😢 cyane
Ndababaye gusa kwihangana harubwo bitananira abadamu ❤
ubanza Imana itabaho kuki yemera ko tubaho ubu buzima aba batype ubanza ku course babigisha nuburaya abakozi abashyitsi njye yanabazanye mucyumba nabuze aho mpungira basi ngo mpungishe abana banjye
@@ahirwa0077none se urumva we kwihangana byaramunaniye Koko? ahubwo abagore nibatiyegereza Imana ngo banamenye gufata umwanzuro nokuva kwizima bazashirira muri marriage; stroke, blood pressure , naza depression bizabica. None se ntimuzi ko binagira ingaruka kubuzima bwabana yaba abavutse ndetse niyo umuntu atwitwe ngaho nyumvira nkuwo mwana wazize akarengane kubera agahinda mama we yatewe. Ubwose niyo wakwihangana urwo nurugo? Oyaaaaaaa oya pe
Nukuri muriyisi harabantu babaye cyane Imana iduhe ubushobozi nurukundo rwo kujya tuba hafi ababaye 😢,Imana yongere iguhe guseka nkakera
Uruhare rwawe nukwihanganira ikibi bagore mujye mwihagararaho kko ubuzima bwagasuzuguro nibwo bubi kurusha ubukene
Wa mudamu we rero Imana igufiteho umugambi ukomeye kuko Imana yarakwiyeretse mu ribyo bibazo byose wowe shaka Imana izakwambutsa iyo nyanja
@Rose ndagusuhuje mushiki wange, Imana izakurinde izo nkuru ukunda kumva ntizizakugireho ingaruka, uzajye usura abaganga babihuguriwemo cherie.❤
Muvyeyi ufise ukwihangana.uri number 1.kandi nizeyeko Imana izokunezereza kuko werekanye ubutwari butadasanzwe. Abagore benshi tukurabireko akarorero hama canecane tuje mu mashure kugira uburenganzira bwacu. Uyu muvyeyi tugerageze tumuvugishe. Uwo mugabo n'umusalaba wawe Kandi Yezu azowugukiza.
Komera Mubyeyi,
Imana Ikomeze ibe mu ruhande rwawe🙏.
Guma ku rugamba nutagwa isari uzasarura, igihe wihanganye nicyo kinini
Yoooooo pole Mama mwiza! Komera cyane kandi ihangane ushake ubutabera! Mudugudu siwe ngombwa rwose! Imana ikugirire neza mubyeyi!
Ndabuziconvuga koko😮😢 mana garukira abagore bose bababaye amen
Komera Mama Kandi wakire ubuzima urimo wumveko Imana ariyo yonyine ihindura amateka, kuko iyo uhora mugahinda urira cyane nawe ubwawe uba urimo kwiyica bikamushimisha rero ihangane wiyakire wirinde kuguma urira ahubwo byose ubirekere Imana niba Uyizera.
Imana yaremye isi nijuru iguhoze amarira watewe na dayimoni iyobora uwo mugabo wakubabaje ubuzima bwawe bwose. Komera cyane mugore mwiza urintwari muzindi ❤❤❤❤ ❤❤❤
Pole mubyeyi ibyawe ndumva Ari nk,iby,umuryango wanjye umusaza wacu wagira ngo Ni photocopies y,uwo mugabo wanyu mu mico mu migirire ,imikorere b,ubukozi bw,ibibi ariko pole Imana urabizi kdi izaguhora iruhande!
Yoooooooooooo, Ihangane mubyeyi urababaye cyane peeeee, gsa Imana nigukomeze ikomore inguma kDi ikore igikwiriye mubuzima bwawe🙏🙏🙏
Mubyeyi ibyawe biteye agahinda ariko komera imana irakuzi iyakurinze kumukubita wamuhini inyuma niheza
Uwiteka haremye ijuru niisi utabare uyu Mama werekane ko uri Imana knd umukirize umwana umugarurire ubwenge kugihe , Mana uri umunyamaboko nziyuko umugambi wawe ntawawuhagarika knd ushobora byose
Komera pe, ihangane,,😭😭😭 humura Imana irabibona kdi Uwiteka azaguhoza ayo marira yose😭😭😭😭
Pole mama! Hari abagabo b'inyamaswa. Nubwo n'abagore bamwe na bamwe atari shyashya ariko ingo nyinshi zisenyuka kubera abagabo. Aho gupfa rero wamuhunga kuko upfa none ejo agashaka undi.
Yooooo impore shenge Imana ikomeze ikorohereze sha gusa birakomeye ntakutagize warihanganye amaherezo c kwazakwica nubundi konumva yakumugaje nyabu nushaka muzatane Imana niyo ibeshaho byibura iminsi usigaje ukayimara wishimye utari mugahinda nimibabaro yumubiri itakoroheye komera bambe❤
Pole Mama ❤
Cyakoze utumye nkomera pe..wagirango nubuzima bwanjye neza..gusa nukwihangana nanjye narumiwe,,cyakora nanjye harubwo numva ngiye gusara..
Wa mubyeyi we urambabaje pe!
Aya mateka ashaririye wanyuzemo ni isomo kuri benshi batekereza kabiri pe!
Nabera, nari maze imuaka irenga 20 nta marira naherukaga gusuka nk' ayo ubu buhamya bunteye gusuka.
Gusa komera mubyeyi, Imana irakuzi kandi ibyo byose irabibona.
Imana iraje ikuruhure nukuri!
Nawe mushiki wanjye Rose , Imana iguhe umugisha kubwo gutega amatwi uyu mubyeyi.
Nukuri buriya ni umuti ukomeye ari kunywa kubwo kubona umutega amatwi!
Harakabaho ROSE TV SHOW!
Ariko nge nibaza Koko abagore bose ni abapfapfa mu ngo cg abagabo ntibashobotse/ntibanyurwa/ntibashaka kubaka imiryango irimo amahoro?!
💯😕😕💯💯💯💯💯😆😆🟣🪦🗝️
@@user-px9ei5bh5e oya siko biri, ahubwo Satani yanga umuryango, iyo abawugize badafitanye ubusabane n'Imana ngo ibubakire, kubaka umuryango birananirana.
Mubyeyi komera kandi ukomere kubana bawe. Uwo mugabo mwatana mwagira na we ujye umusabira umugisha buriya na we yarahungabanye.
Uyu mugabo natihana azashya 2 puuuu impore mubyeyi mwiza mu ijuru hari Imana ihindura ibyanze guhinduka. Izagutabara ndayizera cyane.
Rose, mukwiye kugira umu psychologist hafi kugirango afashe abatumirwa bamwe muba mwahuye. I love your show
Mbega urugo rw,umwaku weee!! Ndakwihanganishije mubyeyi Imana yoroshye imisonga mama, kuko ibyawe biragoye kubyumva yuko bibaho. Rosa mwiza izinkuru zacu zikuriza uzabona umutwe!! Bisaba kuba ukomeye k,umutima kuko nanjye ndabyumva bikandenga🙆😭 Imana itabare ingo zubu kuko n,umuriro gusa.
Ihangane cyane. Ariko uzi kwihangana pe. Inzira nkizi zose nugukunda umugabo gusa . Urumva ko wavanyemo ubumuga . Abana bawe wanambiye bazaguhoza amarira . Gusa nakugira inama yo gucaho da
Ingo zikigihe nibibazo gusape! Njye harabonzi Umugabo aherutse kubwira umugore ngo Indayamubyaye iyivamo, kdi harihashize n' Iminsi micye ngo amubwiye ngonamukubita azamushyiraho ikimenyetso kizatuma umuntuwese amureba amwange kdi babyaranye abana ba 2😢 sha satani yateyemungope! gusenga Imana
Jew nifatiy ingingo yukurekana nicitwa umugabo. Nfsh singing yukwirerera abana kuko umuntu akubwiy kwazokwica, azogutunga uri ikimuga atakwihanganiy ugikomey. Ko mbona uko dukura ariko amagara atugora. Vyarangoy ngitangura urugamba ko kurera abana jenyen kandi ubu ndashima kuko bakuz bagez kaminuza natanguy kuturera ari uduswi women go nari naraturubuy😢
Yoooooo IMANA yarakoze kumuha kwihangana,,😢😢kndi Imana ishimw araruhutse kuvug inkuruyiwe😢
Mubyeyi ,nkunda cyane Imana izakomeze. Ikurinde Kandi ibyawe izabishyireho iherezo Kandi ntuzave murubu buzima. Udahojejwe ayo marira , Ndagukunda cyane , uri intwari warihanganye ,bya kibyeyi ,gusa noneho. Urananiwe , ni bagutabare. Nukuri.
Imana ibaje imbere , Rose nawe ndamushimiye kuri iki kiganiro , ingo nyinshi zibamwo amatiku
Ibyo nibyiza cyane.sibyiza ko buri wese yigaragaza.nanjye inkuru ndayifite.bebe wize muri lycee des nyanza
Muraho neza rose
Uwo mubyeyi akomere cyane gusa ndamugira inama yo gusenga kuko ndabizi neza ko Imana ihindura amateka nashaka aho yasengera nahamubwira
Ndangira
Pole Maman nturumwe, ahinda kari mukutwegura.
Ariko abasirikare we mubyeyi ndakumva neza cyane kumushaka nukwimenyera byose ukagerekaho nibyo byose wavuze
Impore shenge Uwiteka aguhire aguteteshe mukobwa mwiza Nyagasani akubere Umurinzi nigisubizo k'ibibazo uhura nabyo byose bizagenda neza kubera Imana yakunze abari mu isi cyane byatumye itanga umwana wayo w'ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho Yohana 3 16 ❤️❤️❤️❤️ ngukunze cyane humura byose Imana
ARIKO SE ROSE KOKO WOWE IZO INKURU ZIBABAJE GUTYO UBA WUMVA NTIZIZAKUGIRAHO INGARUKA??? GUSA NDAGUKUNDA KANDI NDAGUSENGERA CYANE 🙏🏽🙏🏽🙏🏽KOMEZA URUKUNDO GUSA UFITIYE ABANTU❤❤❤
Imana irakuzi mum,Ariko uwo mugabo ntazava ku isi atishyuye byose.
Uwiteka arangije iki kigeragezo kandi uzagaruka umushime kuko niwe wenyine ubigukoreye naho inzego zo ntacyo zari kuzakumarira...igihe cyawe cyo guseka kirasohoye ugiye kureba ibyakugoraga ubibure.
Yooooohhh Imana iguhe umugisha muhanuzi w'Imana
Amen
Ihangane mubyeyi mwiza Imana izakomore kuko warababaye birenze ibikenewe impore Maman
Pole sana mubyeyi.Imana yo mwijuru Izaguhe umunezero Iguhindurire amateka.
Impore mama yesu aragukunda Kandi ntakabura ihereza,impamvu utapfuye haracyari ibyiringiro byuko uzanezerwa .
Mubyeyi ndakumva cyane ,iyo bagiye muri mission bamwe turaruhuka byibura uwo mwaka, ubundi baza bikaba za nduru nayo bakoreye bakayajyana mubazi kuyarya neza ,kandi iyo yarangiye bagaruka murugo amahoro tukisubirira muri rwaserera ,komera mubyeyi.
KO numva unteye ubwoba knd ngiye gukorana ubukwe numwe muribo mbisubike?
Humura 😃@@nzayisengaodette8345
@@nzayisengaodette8345ntabwo abantu bose ari bamwe Chr hamwe no gusenga Imana izaguhe urugo rwiza pe uzahirwee
@@nzayisengaodette8345,oya chr Bose siko bameze humura,ikomereze ubukwe rwose buri muntu agira uwe musonga ntiwishyiremo ko nawe bizagenda nabi
Nange sha ndumva ngize ubwoba kd nange dufitenye ubukwe@@nzayisengaodette8345
Impore Mubyeyi. Kandi Uwiteka ujya urengera abantu mu bihe bigoye akwiteho nukuri
Rero madame reka nkubwire urwo rupapuro utegereje mu mudugudu nuburenganzira bwawe bwo gutanya hanyuma numva wasabako aruwo mugabo wasohoka wowe ugasigara kko ku musozi wiwanyu barakumemunyereye kdi akaba ari wowe murinzi wubutaka bwabana nahubundi uzasanga yabutanze
Yooo Yesu Weee 🙌🙏Rose Je t'aime tellement ma belle Je le dis souvent , t'es vraiment les roses Ufite Umutima W'imana Nukuri❤ 🌹🌹🌹🌹💐💐💐💐🥀🥀🥀🥀🌺🌺🌺🌺🌷🌷🌷🌷🍁🍁🍁🍁 Maman Humura Hejuru Hari Imana itabara Hallelujahl🙌🙌🙌🙏🙏😭😭😭😭 Halleluuujah. Grâce From Belgique
Nukuri imana iguhe kwihangana urintwari pe Rose nyagasani aguhezagire❤❤❤❤
Imana yomora ibikomere,igusange mubyeyi,iguhumurize,igutetes he,iguhe icyanga cy'ubuzima,mbigusabiye nizeye Amen.
Amen
thx,Rose sinzi impamvu sigaye numva nkukunze cyane ibyurigukora urikubishyiramo ubwenge bwinshi
Humura bambe kandi komera peee lmana igukize ibikomere byose watewe nurushako kandi igukize nubwo burwayi mwizina rya Yesu.
Yoooo impore mubyeyi mwiza Imana izagucyemurire ibibazo nukuri.
Mpore mpore Mama kubabara siko gupfa Imana humura izagutabara ni ukuri.
Humura🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾
Yooooo urababaye mubyeyi gs komera imana izi impamvu yabyose
Pole wamubyeyiwe warababajwe pe .Kandi ubu wasanga hari nabandi bari muruyu mubabaro harya ubwo umuntu aba ategereje iki muruwo mubabaro
Baramuroze: akawunga tubeho neza imodoka RiB nifate iyo modoka ikurwemwo ubukode! Zigama ccs niyifate iyihe uwishyura kandi coat raw nibatandukanye
Mana weeee humura Imana nyirimpuhwe ireba byose Kandi ubuzima bwawe buzasoza neza. Wenda numugabo azahinduka
Muvyeyi, wihangane pe, wararushe. Ariko komera urondere gatanya. Ntakindi wokora.
Rose twiganye courage mukobwa mwiza nishimiye cyane iterambere wagezeho
😮ariko uwo mubyeyi nintwari nakomere isi niko iteye bamwe barahirwa abandi tugahura nibizazane
Yoooo impole mubyeyi Yesu abane nawe akuremere ubuzima bushya satani niwe umukoresha gusa mwijuru hari Imana
Mpore mpore uwiteka azakugirira neza ntabwo wopfana agahinda nkako igira neza❤❤❤❤
Iyi gahunda ninziza yo guhisha isura abantu bazaza aribenshi
Yoooo pole disiii Imana igukomereze umutima but Aba mama ndabisabiye plz plz 🙏 mureke kwizirika kubera gutinya wibaza ubuzima uzabamo 😭 ntakintu kibi mubuzima nko kubaho utishimye ubana nagahinda wabaho wenyin mubuzima bugoye ark ntamuntu ugutesha umutwe , sindashaka ark nibaza niba harabagabo bazima bakibaho ???? Niba arukubera kumva stry nyinshi zibabaje mbanumva naranze igitsina gabo pe💔💔😢
Mwiriwe dear abagabo beza bariho rwose rekagutinya ahubwo uzasenge Imana iguhe uwanyawe ,kd Impore mubyeyi
Sha nanjye nuko pe mba numva ntamuntu wubatse wishimye kubera izi temoignage namaze kwangirika
Turahari twishimye
Abenshi ntuboroshye numwe kwijana muzima. Niba wowe wishimye jya ushimira Imana kuko wishimye.
Sha mwabakobwa bwe ribara uwariraye kuko umugabo muzima numwe kwijana😢😢😢.gusa kwihambiranaho ukageraho wicwa na dépression nabyo nubujiji
💔💔💔💔💔💔💔💔💔💔💔ako mana ndababaye peeee.Imana ikurenganure mubyeyi niyo mukozi wumuhanga
Ariko reka mbibariz mwe muraba rose tv. Umugabo byanse murareka hako womwica cank ngo umwic muj muri prison mwohana amahoro ukgenda ukibana.
Babyeyi mumfashe dufatanye dufashe uyu mubyeyi ufite 5000,1000,10k uyu mu mama buri urebye iki kiganiro agize icyamuha yabona impamba agashobora kwibeshaho nabana,uwiteka akabihererwa icyubahiro.
Yakubwiye ko akeneye frw?
Mb koko abantu twabay dute koko es urabonak uwumubyeyi adacyeney frw?byose arabicyneny
Imana ikorohereze , Ikurinde kndi ikube hafi. Urintwari❤
Impore mukobwa wa Yesu❤
Imana izakurengere 🙏
Imana ikomore mubyeyi urintwari kd ndabizi Imana izaguhozamarira warize nukuri❤
Impore mama lmana izi icyo yakugambiriyeho kandi yumva ababaye twagize agahinduramo ibyishimo😢
Wamubyeyiwe pe ibyuvuga nukuri pe !! Gusa senga ndabizi imana injya ihoza amarira abaje bayitabaza.irakuzi kandi iragukunda
Impore maman egera imana cane uzaruhuka ibyo nkubwira niko kuri
Muraho. Ihangane ujye usenga umugabo umukireho umutima. Imana niyo nkuru. Urebe aho wirwaniriye uyisabe imbabazi irashoboye.
Impore mubyeyi ibyishimo utabonye kuri uwomugabo uzabikura kubana ntabwo Imana yababaza umuntu iteka humura shenge
Imana nzinza irahari humura rwose Kandi irakuzi ,ndahishimira ukuguha urubyaro
Rose kbs ako kantu ni sawa harigihe umuntu avuga ubuzima bwe rubanda bakabyuririraho bamufata uko atari ❤
komera, komera maman
Rose, uzamugarure atange inama ku bakobwa n'abandi ba mama bahura n'ihohoterwa
Mana ishobora byose 😢 imana iguhe imbaraga Mubyeyi ndumva mbuze icyo kuvuga!
Uwo mumaman abantu bazi muri grace room ministre aho murwanda muzomutwareyo nukuri kuko nicumba cubuntu kandi benshi twaraharuhukiye canke muzomuhe link please kuko ararushe kandi ntawundi yomuruhura atari kristo
Impore mama❤ Uwiteka azaguhoze amarira yose kumaso yawe.
Imana iguhumurize igufate ikunezeze kuko isi iratubabaza ihangane Maman
Cyakora abagore Imana ijye ibagirira neza pe😭😭😭😭 mba mbona imitima tugira irenze. Ibaze kubyarana numugabo umeze gutyo abana barenze umwe😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭sorry Mama ibibondo byawe bizaguhoza amarira
Ihangane mubyeyi nakateye,abagabo wagirango baremye mubyaha
Komeza wihangane haracyari ibyiringiro Kuba warabyaye kd Imana izakurindire karande ziwabo wuwo mugabo abana bawe kd Turagusengera Imana tuyifitiye icyizere
Ntawujyana umwenda,azabyishyura byose.komera kurugamba mubyeyi, mungu yiko tu.
Imana igutabare pe mpise ngira ubwoba ahubwo yakumva nijwi akakumenya Imana ikurinde nabana bawe
Ariko se aba bagabo ba abasilikare ,basigaye bararwaye iki ko ari benshi nzi bameze gutyaaa
Thanks rose wabikoze neza pe❤ uzabikomeze ntukaberekane pe
Afite shitani. Imana izamugenderere. Gusa ndumva gutana ari ngombwa
Mana nyagasani weeeeeee, ariko se abantu bafite ubushobozi bumvishe aka gahinda kuyu mudamu ntakintu bamufasha koko baka muruhura bagafunga uwo mugabo umudamu akabona amahoro, yesu weeeeee, mama komera nukuri yesu arakuzi
Impore Imana izibyose knd nkumbwira ngo urintwari cyane
Rose ngushimiye cyane uburyo wakoresheje iki kiganiro kuko hari benshi ufunguriye amarembo😢gusa ndababaye ndababaye ndababaye ubyumve.narinziko arinjye warushye none arankomeje.nakomere nakomere nakomere
Humura mama!!!!
Imana ikurengere mubyeyi mwiza🙏🏻🙏🏻
Yoooo barakwishe ntiwapfa ariko Humura Imana igufiteho umugambi.njye baze kumpa numero yawe nzakureba kd Kuba ugihumeka nikimenyetso cyuko utazasaza nabi
Mana yanjye kuki harabantu babaza abandi koko💔😭😭😭😭 be strong mama😭
Mw’ijuru hari Imana itabara,tabaza Yesu arazi amaganyan’intimba zacu
Imanigufashe mubyeyi gusa ndababaye kandi imana irakuzi kandi izagufasha
Komera mubyeyi Imana yo mwijiru ica urubanza rutabera ikurenganure
Humura Yesu azaguha imbaraga utsinde Uwo musozi ,humura nshuti ,humura mukobwa mwiza humura Pharaoh aratsindwa
Uyu mubyeyi yihangane cyane Rose
Komera mama. Haguruka yisabe igufashe usabe Divorce. Nicyo gishoboka. Uzatange ikirego kivuga ko umugabo atita ku nshingano z'urugo. Ntaruhahira kandi araguhohotera akagutoteza. Aguhoza ku nkeke
Rose❤Usigaye ukorera ibiganiro ahantu heza vraimemt 😘
ihangane mubyeyi komera Imana irakunda ntacyo uzaba
Abifuzako uyu mu maman twamufasha tukamuhindurira ubuzima tumenyane
Sinzi uko twabigenza kugirango tuvugane
Byakorwa mu bwenge kuko bene uwo amenye ko afite n’igiceri yakimwaka akamuhitana pe
@@3bbrightbravebrain994 nibyo pe yarambabaje ubushobozi bwajye jyenyine ntacyo byamumarira
@@3bbrightbravebrain994 nibyo pe jye jyenyine ayomfite nimacye ariko turi benshi byamuhindurira ubuzima