Pasteur Dr. Antoine RUTAYISIRE asubiza ibibazo nk' ibyo Ambassador Dr. Charles MURIGANDE Yasubije
Вставка
- Опубліковано 19 лют 2019
- Yesu ashimwe ! Muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Ndifuza kuzagera ikirenge mucyawe nkuko nawe wakigeze mucya kristo. You really inspire my life. You are among my role model. God bless you pastor
Pastor Antoine ndagukunda cyane uvugisha ukuri kdi nkabajeni biratwubaka ikindi mbona rwose utubwiza ukuri ntacyo tuzireguza nkurubyiruko pe be blessed more !mbanumva umunsi nzajya kubaka urugo ariwowe nzaza ukampa inama
Pastor Antoine est un papa modèle. Abatagira ba so, cg abatagira ababahwitura mu buzima, mujye mwiyizira hano.
Ndagukunda cyane pastor Rutahisiri... Imana iguhezagire
Dr.Antoine rwose uri juste pe!Imana ijye ikomeza iguhe ubwenge muri byose
Mubishoboye mwadushyiriraho aho Dr. Murigande na Simon Kabera basubije ibi bibazo. Murakoze
Urumubyeyi mwiza Imana izakwihere ihelezo ryiza
Ndafashijwe pe! Imana iguhe umugisha
Thx! Pastor for your attribution to live the life on thanking God
Yesu araryoha aryohera kuruta byose ibyaha numuruho
Dr papa Antoine,mbakunda buri saba,buri munsi buri mwanya,kd ndabasabira. lmana ikurinde kd izaguhe kubana na yo mwijuru. urakundwa,komeza
Amen Imana ikumpere umugisha Papa
Pastor Dr. Antoine RUTAYISIRE ugira ubwenge kabisa amagambo yawe yose aba arimo ubwenge niba nabandi babyunva nkajye simbizi ariko jyewe niko mba mbibona
Urakoze cyane ndemeranya nawe kubintu byinshi ariko saint Valentin na Noël ni fête satanique umuchristo agomba kwitondera
Hari imigenzo myinshi ikorerwamo yagipagane rero ntiwafata imigenzo yagipagane ngo uyivange n'a gichristo ngo bishoboke
Ugirase ukuriwe Imana igi guteza imbaraga uyi hamirize bakizwe ibihembo birateguye ndagukun Antoine uri nyangamugayo
MERCII PAPA RUTAYISIRE;INYIGISHO ZANYU ZIRAMFASHA CANE.IMANA IZOBAH IHEREZO RYIZA
Nukuri imana muri kumwe rwose
Umwaka washize nibwo namenye Pasteur Antoine Rutayisire kuri social media.. Nkunda & nkurikirana inyigisho ze cyane.. Nkunda ukuntu abihuza akabisobanura neza abihuza n'ubuzima busanzwe bwa buri munsi abantu tubamo n'ibyo Bible ivuga. Imana iguhe umugisha.
Murakoze cyane bakozi b'Imana Uwiteka abahe umugisha
Amen.Imana ibahezagire
Might God bless you Pastors.
Wameny'Imana rwose.
May God bless you
Wooow ikiganiro kiryoshe 👍👏✌
Sufi he
Aba bagabo n'umugisha wa Africa
Iki kiganiro mwadushyiriyeho nikiza kiratwubaka Antoine ndamukunda cyaneee!!!!!
Vrt Rutayisire avuze ibintu vy'inkoramutima
Imana ibahe imigisha mukozi w’Imana. Inyigisho zanyu ziramfasha cyane
Imana uguhe imigisha Dr Pastor Rutayisire Antoine. Inyigisho zawe zirafasha cyane.
Ufasha imitima ya beshi
Pst RUTAYISIRE Antoine, Imana irusheho kuguha imigisha, nkunda ukuri ugira. Ufasha imitima myinshi. Rushaho kwaguka mushumba
Akadayimoni kabyo.....
Uyu nidawidi imana ihagurukije mugihugu cyurwanda
dusomye bibiriya?iravuga neza ko umubiri wapfuye w'ishwe ni caha,none nimbumubiri,waramaze kwicwa n'icaha,vyukuri?WO shobora,gukora ivyiza?
Kweli?
Ahaaaa Numunyabwenge pastor Rutayisire
Imana ikomeze ibaduhe ntimugasaze kuko muri abahannyi
Ndafashwa caaane n'ibiganiro vya Dr.Rutayisire,mwahora munyohereza émissions religieuses ziwe.
WhatsApp : +25779035897
Imana ijye imuduhera umugisha pastor Wacu. Gusa uwampa number fone ye, numva nshaka kumuvugisha byumwihariko.
Hezagirwa pastor ndiz gusom bibiliya kumusi 15min
N'amahoro?gagira ndabatere intege mwibango z'ubutumwa bwiza mwahawe lmana lrabakoresha bishimishije.komerezaho
urumugabo kbsa
Ndabaza rutayisire?mbegumubiri?urafise,agaciro?cnk ntacumaze?
Iki kiganiro sinjya mpaga kucyumva no kukireba