#Umutungo
Вставка
- Опубліковано 5 тра 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubAuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Code *182*8*1*909582# Dawah Tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
BPR Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV.
Turashimira dawa rwanda tv cyane pe . Allah abahundagazeho impuhwe ze. Uzi gukunda (gushaka) kwiyambarira neza (nikabu) ariko ukagira igishyika 😢
Y' Allah nituzapfe tutageze kumugenzo mwiza wabeza❤
ma shaa allah mufie amakuru ashimishije.
gusa hakenewe kugira ubuyobozi bushyize imbere inyungu rusange zabayislam aho gushyira inyungu kubwabayobozi gusa
Allah atuyobore
Rwanda tv niyo izaba tv ya baslam impinduka niziba
Twabujijwe Amahirweeee
Ntakundi
Reka dukomeze gutegereza gushaka kwa Allah SW
Mufti wibihe byose ni Gahutu Abdoul karim
Twishimye muburyo budasanzwe president wacu aradushimishije gukuraho ababantu muzehe wacu tuzagutora weeeeee❤❤❤❤❤
Ubuyobozi bwacu 😢 bwarikunze kunyungu zabo bwite kd ndabaneza kibwo kutuvutsa iyinkunga yumuyobozi wacu umubyeyi wacu intwari yacu nyakubahwa Paul kagame birababaje pe Allah abayobore iyisi nintoya cyaneee ibyo turuhira byose tuzabisiga twaba tubihigira munzira nziza cg mbi inzira cg mamaherezo ni mumva ark kuko shaitwan yatubase mumwitwe yacu nimitima yacu ntitwumva ibyiza twigishwa ngo tubishyire mubikorwa
A w w nukuri ukuri ningobwa bibaye byiza nabandi ba shehe bafite ukuri kubyi mugenda mutugezaho baza bagira ibyo badutangariza byaba byiza imana ikomeze ibarinde kandi allah abonengerere
Maa shaa Allah, mukomereza aho muvuganire ubuslam aho bwahugujwe nubabahagarariye ? İcyo gikorwa ,nyakubahwa adufashe agikurikirane gishyirwe mungiro
Assalamualaikum warhamaturilah wabarakatuh, njye ndagirango mbaze ese kuki iyi status yuko amatora azanyenda ko nta gika kivuga kuruhare rwabayislamu ruhagaragara, rurimo kandi tuzineza, ko amatora areba abaturage bazayoborwa nabo bitoreye? Nabazaga
Sindayigaya urisanga mageragere
Bakoze audite sindayigaya nzanahayo , kadjura, murangwa djamilu bakwisanga imageragere
Amazina yawe nyakuri ni sindayigayangunda? 😅
@@Omarnassor1 yego sindayigaya ngunda kbsa. Data yarankoze kumpa izina nkirya sindayigaya gitimu jisho.
Sindayigaya we, sigaye nza shaka komateri zawe
@@B.I.G956 hhh imana na leta badufashe bajunye zino marine poubelle. Ni kasiya
@@SindayigayaamabyiHhhhh Cg ni Sindayigayuruzingo
Hajji uyu musigiti wa madina kuki mutavugisha ukuri abauzamuye nibande.Muvukishe ukuri Shekh.
Thanks president my president we love u the best word
Mukomerezaho muvugire dini yaalaa
Assalamuaikum warahmatullah wabarakatuh asante sana ibibiganiro rwose turabicyeneye
Mbega we abasilamu baciwe amande yu mwanda 😢😢😢😢
Amur RMC byarazambye mwabyemera mutabyemera. Turakurikira cyane .ariko umuti murawuhunga kandi ntabwo usharira
Nukunyuzamo umweyo kasiya zose marine bajugunya ibyapa
Burya baba sheikh nabajura bene akakagene yooooooo bakagaragaza Imani yubunafiki masikini
Idini ririmo abagabo
Mukomerezaho
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuh . Ndugu yangu Rubangisa uvuze ikintu gikomeye kurinjyewe uzi ubugambanyi bwabo bagabo . You have to be careful please . Uwo Mussa na Salim ubitondere kuko igishoboka cyose kubugambanyi bagikora cyane kowowe butaba arinubwambere . Wafunzwe imyaka 3 yubugambanyi kandi bwabo So ishingane kare bataraza ngo bagupangire niyo 25 . Ndibuka ubugambanyi Uwari Mufti Saleh nuwo Sheikh Mussa na Sheikh Kajeguhakwa bakoresha na Asman Rugari . Bagambaniye Umugabo wacururizaga Gitarama ngo arirata kuko akize afite ninshuti zabasirikare bakomeye ngo agasuzugura aba Sheikh . Birangira bamuhimbiye baramufungisha . Uretse ko nuyumunsi Alhamdulilah aho ari ntacyo bamurusha . Nuwo Sudi mwicaranye ntiyoroshye but Allah is Shai’un Qadir . May Allah protect you in everything you do 🤲🏻
Ibi Rubangisa avuga biri muri RGB Ntakibazo kiriya gihe bamufungishije atarakora Izina
Uwo Ismael atuye Montreal muri Canada 🇨🇦 Hadji ntago arimuri America 🇺🇸
Nukuri ndabashimiye cyane pe.
Allah abongerere ibyiza,
Ese ntabwo bishoboka ko Gahutu ya kongera kuyobora umuryango waba islamu?
Bahaye aba islam kwitorera ndizera nta gushidikanya ko Gahutu yatorwa akongera guhagarira aba islam mu Rwanda!
Aslam arayikum warahm turah wabarakat
Mwitera ubwoba sheikh ngo barafunga ntavuge ukuri bamufunge hanyuma tumenyeko azize ukuri yavuze
Allah abongerere ibyiza
Djamiru urisanga mageragere
Turabakunda kubwo gutuma tumenya ukuli tubalinyuba kandi turabashigicyiye
Sudi jyureka Rubangisa avuge arangize ntukamuvugiremo please
Assalm alaikum warahmatullah wabarakatuh bavandimwe ,murakoze cyane cyane mukomeze kutigerera Aho tutagera ,ark wamwana bise umusazi amakuru ye ameze ate ? yatakambye ubuyobozi bwa reta amakuru ye nago tiyazi mwayatugezaho ,.
Sheikh gahutu humura ibiza nimbaranga wakoresheje mubuslm uzabisanga murarinjana no mwijuru
Mukomereze.aho.mubabaze.aho.iyomitungo.bayishyira
Asaram alaikum naba Gabo baravuga bakabyita ko arifitina none ngo abagore eka ntibabyemera
Ndabona president agiye kudukiza ako gatsiko kamabandi Nzanahayo urisanga mageragere
Ariko rero, Muzarege RMC. Kuko birashoboka. Hazagire uwitanga muri mwe agatanga ikirego kurukiko. Na leta barayirega kandi igatsindwa 😅😅😅
rikose niki cyananiranye Leta yurwanda irangajwe imbere nintore izirusha imihigo H,E yatabaye Abayislam niba ubuyobozi ari bubi babuhiritse bwose bakitorera ubuyobozi bubereye abasilam bo mu Rwanda ....ibi biganiro bikarekeraho
Ndabyibuka fandrayizing yo kugisaruriza yabereye kwa apollo narimpari . Batumiyemo abakire icyogihe hariyo sheh shaban . Mubo nibuka. Hariyo djumatatu niba ntibeshye . Harimo umugabo watanze 500k haza umugore abura icyo atanga atanga umwenda we ugurwa nuwo mukire aranawumurekera yongeraho amafranga 500k. Gapanga sindayigaya yarahari yazokoye .
Natimuto ariko iyo menya nkabafata amashusho. Uwo mukire witanganga yaranariraga . Salle yari yuzuye amarira .
Sinarinziko ibibisahiranda bizayarya . Iyomenya
Ariya mafaranga azagaragazwa byanga byakunda. Reka dutegereze Interview ya Sh.Gahutu
awww Allah azabahe Alidjana murabagabo pe
baryozwe ibyo bakoze
Asalam alaikum warahmatullah wabarakatuh nibatubyirwire Aho umutungo wacu hari amafaranga bigeze gusarizwa ngo yari ayo kubaka izu yicyerecyezo ari naho ubuyobozi bwakisilamu bwagombaga kuba bukorera none ntabyo twanonye
Ejo twategereje FARADJI turamubura, kubera iki?
Siku yakiama lmana izabane nawe sheikh gahutu ukuri kwawe ujyira uzagupfane kd abakoresha ukuri mwese abasheikh ndabakunda
Assalam alaykum warhamatullah wabarakatuh, gatsata ibikorwa bagezeho baritwarira nta gukora maintenance
Naze wendawe haricyoyakosora cyaneko nahariya hakurya iwabo hari ibikirwabyishi bya isilam ariko abasilam bahariyahakurya ntibamenya irengero ryamafaranga avamumutungo waba isilam bahariya
Ayomafranga yose basaruza bayashyirahe icyakoze ubuyobozi bwigihugu cyacu butubehafi
Iyi niyo channel yacu pe..!
Mwabagabo mwe, mujye muvuga muziga
Mba numva byaba byiza Al haj Rubangisa n'uwo muvandimwe mukorana ikiganiro ko niba hari ubusesenguzi mwateguye kuvugaho mwajya mubukora neza nkuko bisanzwe ndetse hari na benshi bakunda ubwo busesenguzi. Ariko nasabaga uwo muvandimwe ko yajya akora ubusesenguzi bwe nkumuntu ubisobanukiwe, ariko kuvuga kumasomo y'idini ajye abireka rwose ntabyo azi. Abirekere ababizi babyigiye. Hato atazica bimwe avuga yize bikajyana nibyo avuga nabi atize
Ukuri guca muziko ntigushya, amaherezo byose bizamenyekana. Allah nta dhulma agira
Nzamwita ntacyiza yakoze. Ahubwo niwe wazambyaga ibintu.
Rwamagana sovu turabishimiye kandi turabashimira imana ibahe ibyiza
Cyakoza mukoze mutubwire tubamenye
Gembona usibye ibitangaza bya allah nihohonyine twabona ubutabazi naho kubwabantu biragoyepe yewe allah dutabare urengere idin yawe
Arinkange mbifitiye ubushobozi nabafunga nkazabafungura aruko iyinyubako bayujuje bagakoresha yayandi batwibye😂😂😂
Muzavuga kubijysnye namamburusi kubana bashoje mahad ariko kugeza nubu barahebye nabuvugize kandi bitwa ko bahagarariye ubayisiramu.
Mioni 90.000.000 vanamo imishahara yabo nayandi madepense asigara abe ariyo uheraho
Ntago adwaafu Iman ari Imani iciriritse bwana sudi ubwo utababaye kumutima we byaba bimez bite ?
Kubabara kumutima nayo ni Imani Ariko iri munsi ya bibiri byabanje munzego unjy wirinda gusobanura kudini aho utasobanukiwe nez
Yewe ibisambo byinda nini naho zitaba mumandini hose
1hour 40Minutes niho haryoshye
Twasuye IRwamagana tukareba uriya Musigiti wubatswe IRwamagana ukafungwa umaze kuzura tukareba imamvu tukaufungura iyi nisoni kubaisilam Kabisa..
Arko haj urasetsa kubwira abobagabo ninko gutokora ifuku niyo ihita yongera ikitokoza ubwose murabwira sindayigaya ntibyoroshye gusa sha mubemera habamo abagabo
Hakabayeho ubugenzuzi kumitungo ya baisilam ariko igakorwa nuturutse hanze atari muba shehe kuko ntakuri kumvamo bisaba umugenzuzi ko yaba ari murwego rwa leta nibwo ukuri kwagaragara
Iyo ndwara yo niyo kbs yokutegera abagenerwa bikorwa bagategeka gusa ex:no guhagarika aba sheikh batwihera ubumenyi mu misigiti muburyo budasobanutse ni banaze batangarize abasiramu impamvu yo kubahagarika ,maze ngo Abasiramu nibakunda kwiga idini nabaduha ubumenyi birwababahagarika na rukundo bari bafitiye abasiramu kbs ni nyungu zabo gusa.
A w w ese twembwe tugenda ko twatanze 100 ryi doroli ko ayo majeto ko batumbwiko ayo mojeto ko bayajyana bakayasubiza muri bayiti rimali yewe uranyibukije nibyo bya ishopia byo badusinyishije received yari 150
Central Account ya Baitul Mal imeze nk'urwobo rwa bayanga ruhurizwamo imitungo y'abaislam mu buryo budaciye mu mucyo : Central Account bavuga ko ihurizwamo Zakat Mal, Zakat Fitr, Sadaka, Inkunga zavuye hanze... Byose bikajya mu nda y'umuntu umwe! Umwe! Umwe!
Umutwe!
Musilam uvuze ukuripe abobantu4 imana nyirubushobozi izabayurinde muriyi Manda igiyekuza izaba iyobowe nuriya mugabo muziboneranamwe ntavuze arikowendawe ntazemera inyerezwa ry,umutungo kukowe ngirango abifiteho ubunararibonye
Mimi naomba wa islam wamchaguwe Sheikh Sudi kuwa mufti wa Rwanda
Kwel kbs
Gusa nibyo rwose hari nkimitungo Yaba Islam yagiye muburyo budasobanutse bazadusobanurire aho yagiye Kandi bakurikiranwe
Ubuyobozi bwose bwari buriho yabaye bwari buvuyeho hakajyaho abashya yewe nuwakoranye nabo wese ntazagaruke mu buyobozi Allah Azamfashe na Imamu w intara y amajyaruguru aveho peee
Erega nihafi yabose
Bamwe bari mugatsiko kabasheikhs bari mubuyobozi bwa RMC ni abaslamu ku izina abenshi bararaguza, abandi ni abicanyi ruharwa ibiganza byabo birajejeta amaraso, abadambanyi, abajura, abagambanyi gusa mbabazwa nuko bateje akaga idini n'abaslam mu Rwanda, amateka azabibabaza bashyize imbere inda mbi zabo bimakaza urwango n'ubugome gufungisha abo batavuga rumwe nabo babarenganya nibindi bibi. Niba Allah yumva amarira yabaslam nibaveho ntituzabakumbura. Sudi na Hadji Sulaimani uru rugamba muriho nabandi bashaka impinduka muru RMC turabashyigikiye Allah abatere inkunga. Dufite byinshi byo kuvuga ariko nibiba ngombwa tuzabikora kuko batwangishije islam, bamwe dusigaye dufite ipfunwe ryo kwitwa abaslamu kubera aba basheikhs b'inkozi zibibi Allah atabare islamu mu Rwanda
Indanini zabox ariko Allah arahari azabibaza to
ese mwagiye ibyubatsi mubishinga uriya mu islam wahagarariye masjidi ya masaka ko agerageza koko🙄 cyokoza allah yorohereze aaabagaragu be
Rusizi /kamembe ibihabera nimba arikubera arinyuma y'ishyamba narahageze ndumirwa imamu muzima ufata imifuka y'umuceri isuka namavuta nk' iftar igenewe abatishoboye yatazwe numwarabu akanjya kuyigurisha kumaboutique sharwose hakwiye guhinduka byishi cyane kuko sinzi nimba aba bayobozi baba baziko allah abaho peee gusa bazakore tauba ikwiriye
Baragabagabanye,... uwo nawe yaragabanye!
Umunyarwanda yaravuze ati" Uruvuga undi ntirugorama"
Oya reka bavuge kuko abagize iriya comite bigize indakoreka birirwa bakora intimidation ku muntu wese unenga ibyo bakora. Kuva ku Bwa Gahutu kuki nta audit iraba? ni hehe wumvise hataba audit mu Rwanda? Gahutu yashatse ko hakorwa audit baranga , wowe wambwira Mufti azerekana iki muri handover? Wasobanura ute abantu bamara imyaka irenga 100 nta cyicaro bagira? Bakorera mu mashuli? reka bavuge nawe uzane ibyawe.
Ariko birababje abantu bose babaye barusahurira munduru
Asaram areikum mwabagabomwe mbonamurabanyeshyaripe muribangameabo mushawowe nagusabye witandukanynabo urumuturanyo ntashyarindakubonaho uziko mwishyizekukarubanda esemurimweninduzaba mufuti ngesindimumenyiwidini kurwegorunaka arikonabacyaha mubayabumva abonabavandimwebanyumukweme bakoshene ubwosemubarushijiki kujyakumusozi
Asaramareko rata! Bariya bagabo ibyo bavuga barabizi!
Mbega ikinyarwanda! wigiye he mwa?
MRC
Mbegabanyamatiku ubwomurubakakoko
Yego,
Ujya gukira uburwayi araburata.
Aha rero bari kubaka.
Habwirwa benshi hakumva beneyo!
Reka bababyire ibyo bisambo
Byose ibyo bibye,ntacyo bizabamarira,kuko Nzanahayo yayoboye Dawat muri Ama,ariba yubaka imisigiti iva,birangira yubatse inzu mumuheno zimeze nkibyari byinyoni zibisogosogo!!!
Amafranga yidini,urayarya ariko ntacyingenzi wayakuramo
Hajj Rubangisa Sulaiman ntabwo yitwa Nzanahayo wavanze amazina muvandimwe
@@kayigiprince8563 ndabizi ninko kumuhamagara nuko ntashyizemo,akitso
@@kayigiprince8563dawa ntabwo ari dawa rwanda tv gusa soma neza
Djamiru urisanga mageragere
Ariko rero namwe mufite ikibazo uwakumva muvuga amfr mwagirango hari ibikorwa dufite byinjiza mukuri bingana iki njye mbona dupfa ubusa kbsa
Kdi namwe uwabaha ubuyobozi ibyo ntimwabishobora
Nonese wibazako nta bikorwa dufite byinjiza birahari nubwo byaba aribike ariko bikoreshwe neza Bina bungwe bungwe .
Ikintu nangiye iyi Manda yabo
1.Education mu mashuri Yara pfuye ,iyo u privatize amashuri kd utarayubatse birababaza cyane .
2.ntabitaro or Clinic nimwe yitirirwa aba Islam ibaho ni ya Bugarama nuko Ari leta idufasha.
Birababaje kbs Allah a aturinde.
@@khamisisongoro7442
Yego muvandimwe gusa mujye mwibuka ko ibikorwa dufite bitacyemura ibibazo bihari byose uretse natwe ni gihugu cyinjiza byinshi gihorana amadeni
Aba bagabo rero mbona bavuga ukuri kwinshi nkabacyeneye gusenya nta kubaka kurimo
@@khamisisongoro7442 ikindi sinashyigikira kuba umutungo ucungwa nabi ariko bikubita batababarira