Imbaraga zo gutekereza neza: Tsinda Ubwoba, Urwango n' Ubusambo. Think and Grow Rich.
Вставка
- Опубліковано 21 жов 2024
- Iki kiganiro cyitwa "Imbaraga zo gutekereza neza: Inzira yo kugera ku bukire n'ubusabane n'umutima wawe". Kiribanda ku nyigisho z'ibikorwa by’ubwenge bishobora guhindura ubuzima bw’umuntu. Cyashyizweho gishingiye ku bitekerezo byo mu bitabo bitatu: Think and Grow Rich byigisha ibanga ryo kugera ku bukire, As a Man Thinketh ryerekana ko uko umuntu atekereza ariko aba we, na The Monk Who Sold His Ferrari, rihamagarira kugera ku byishimo no kuruhuka mu mutima. Intego y'ikiganiro ni ugufasha abantu kubaka imitekerereze ihamye no gufata ibyemezo bibaganisha ku ntego zabo.
Murakoze cyane mix venture kumasomo mutugezaho haraho adukura naho utugeza turabashimiye
❤
Mix venture murakoze cyane kwisomo muduhaye ibi bikomeje kutuzamurira urwego rwimitecyerereze nagucogora Never give up kbx💪🎉❤🎉❤
Murakoze cyane Bwana Ganza. We will never giver because of you encouragement and witness of your life improvement which is the purpose of everything we do.
Gahunda nukujyira imitekereze nk'iyintare👌 ubundi ubuzima bugahinduka 👍
Dukomeje ku bashimira ibiganira byiza mutugezaho 🙏
@@PacificPaccy Murakoze cyane. Ni Mukomeze musangize ibi bitekerezo byiza abandi.
Aya masomo ni meza, Cyane ariko aziye nimwe, ubutaha burisomo mujye murisesengura.
@@wellars123 Murakoze cyane Bwana Wellars. Igitekerezo cyanyu ni inyamibwa kandi ni ingenzi kiza dufasha kunoza ibyo dukora kugira ngo bibe ingira kamaro kuri twese kandi nicyo twifuza.