Bose mbashyize hanze kukarubanda🔥🔥//wenda banyice birabareba ntacyo mbahishiramo babamazeho ibyanyu
Вставка
- Опубліковано 13 вер 2024
- / header_photo
www.instagram....
Kanda SUBSCRIBE ukore SHARE ku Bantu bose.
(Ihuriro ry'ubutumwa bwiza buhumuriza umutima}
Mwatuvugisha kuri 0788347197. 0788605044. 0728222220
Mwifuza gushyigikira Umurimo dukora w’Ivugabutumwa nokutwungura
Inama ndetse n’ibitecyerezo byanyu n’inyunganizi.
Ubane natwe mu Biganiro byiza by’Ijambo ry’Imana.
Tukugezaho ibiganiro byiza kandi
1. UMUHANUZI NYAWE.
2. IHUMURE.
3. UMUHANZI N’UBUHANZI.
4. IJAMBO RY’UKURI RIBATURA.
5. UBUZIMA BWIZA N’IMIBEREHO MYIZA K’UMU KIRISTO.
Turikumwe n’Abakozi b’Imana bafite Inyigisho nziza Cyane aho
usobanukirwa Ibyanditswe,
Ubuhanuzi ,Amateka ,Ubuhamya,Indirimbo,Ibiterane.
Ndetse n’amahame nyayo yo Mugakiza.
Ndetse Ukanasobanukirwa Misiyo yazanye YESU Mu isi.
Ndetse Usobanukirwe Isezerano rya Kera n’Isezerano Rishya.
TURAKUGEZAHO N’INKURU ZITANDUKANYE KU Kinyamakuru cya
GIKIRISITO cyitwa WWW.IHUMURE.RW.
Imana ibahe umugisha Murakoze Turabakunda.
#IkuzoEmmy_0788347197_0788605044_0728222220_IHUMURE_TV_ / header_photo
Gabanya ibikabyo pe,Imana yacu ikunda ituze
Kirazira gutuka umukozi w'Imana cg kumuvuga nabi , wowe kora ibyawe utagendeye kubandi ,senga ubundi ukore ibyo Imana ishaka ,uzabazwa ibyawe ntago uzabazwa ibya Gitwaza cg Mignone cg Ernest ariko kwitwaza abakozi b'Imana kugirango umenyekane sibyiza nagato rwose , wowe era imbuto nziza kubakuzi ibindi ubireke,
Ukuri kurababaza disiii😂😂gumahamwe Ibagaragaze😂
Yesu ashimwe bavandimwe ndabakurikiye cyane nibyo isezerano riragerageza ariko Imana iduhe imbaraga zo kunesha
Imanza .. muduhe ikimenyetso cy'uwo tuzemera , uwakwivugira ibye , iby'abandi akabireka ko Uwabashyizeho Ari Maso .
Cyane rata umuntu wese aza atubwira ibye
Suuko,ntabwo ndarangiza kumwumva ,ariko ndabona Arava acumuriramo rwose. Uwiteka atubabarire,atwigishe guca bugufi no gukoresha ubwenge.
Aba bantu rero batumenyeshe wa mugani uwo tuzemera kuko bose mbona baducanga cyane nkatwe abaterekwa
@@IrakozeVestine-sq4htemera kristo gusa
Yooooooo Aya mafoto mwashyizeho yabakozi b"Imana ni byo binteye ubwo ko mucira abantu imanzase bana b"Imana Kandi twese tukiri kurugamba. Gusa Imana iduhe ubwenge bw"uko twavuga ubutumwa bwiza
Birababaje
Gukizwa ni urugendo ntawukizwa ngo ahite agerayo dushobozwa byose na Kristo uduha imbaraga
Mujye mwubaha abo Imana yemeye. Nubwo abantu batabica Imana yo izabahana murubahuka cyane
Babubahese,bubahe nibyo bakora
Mukobwa ivugire Imana neza pe❤❤❤,
Ariko wirinde gutunga abantu runaka urutoki no kubacira imanza.
Jya uvuga ibyo Imana ikubwiye
Muri rusange ntawe utunze urutoki.
Wamukobwawe ndagukunda uvuga ibyubaka ubugingo.❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndakwemeye kabisa naba Eliya cg Obadiya nkakora cg nkahanura 1 muri ibyo naho kufinina wapi
Umwami Yesu ashimwe,uzaduhe ubuhamya bwawe,aho Yesu yagukuye..
Urumunyakuri ntibizagutungúre kubonaharabakurwanya kuko abisi ntibakunda ukúri Imana Igukomereze amaboko ukomeze kunesha
Imana Iguhe imigisha
Bjr?mbese ko ndeba ikibaniro kiri ku Ihumure TV kandi nkaba numva muvuga Iyobokamana Tv
Yezu ganza, Yezu tsinda, Yezu singizwa, Yezu sobanura ibidasobanutse Amen 🎤📗
Ese izonkota muba mufite mukanwa kanyu koko mwakwijyishije abantu ibya yesu erega Harinabo Imana ikura mubyaha muvuge yesu neza mureke amatiku
Uri mumuriro wumuhamagaro ark ugende gake ubushishozi bwinshi ubwenjye n,'amakenga iki kibuga kiranyerera kd ntigikangwa nayo uvuga sawa courage
Umubwije ukuri n ineza
Yeg
Urakoze kumubwira kdi nyamara uramuhuguye! Ntimugafate amafoto yabakozi Bimana ngo muyakorereho content nkiyi! Nubundi mwese nuguhiga amaf kuko mukeneye views! Ariko Sandrine uramenye mukobwa wa Yesu witonde ntushyuhe cyane! Aho wavuye nundi yahava wikumva ko abagihari arinyamabi! Basengere nabo bahave kuko nawe sikubwawe ahubwo nimbaraga nubushake bwimana
Ndakwemeye
Ufite ibikabyo peh! Kandi nmahane nubwirasi Kandi SI wowe wenyine Uzi ibyo nibyo.gerageza uce bugufi izo ntoki ureke kuzikubita.Imana ifite abavuga bitonze baciye bugufi humura uzabona umugabo igihe kigeze ariko ugende gacyeya abarozi barahagurutse ngo bacishe bugufi abantu batuje nabasaragurika.ayo mavuta reka kuyacundagura.Imana iguhe umugisha namavuta ugumemo
Wowe nago Uzi kureba umuntu ufite mwuka wera
Igikabyo kivanze n'ubwibone
Nzabandora !!!!!
Nace bugufi nukuri agabanye ubushyuhe atazarohama yibwira ko ahagaze
Mureke nashaka yitoze kuvugsna ituze na ikirezi ntiyari yoroshye
Muraho neza amahoro y'Imana Abe muritwe nitwa Joselyne nagirango mbabaze niba byakunda mwaduha nimero yuwo muvugabutumwa
❤❤❤ubu nawe bagiye kumwoherereza dollar Abadaimoni ......maze Yesu yigendere.......mujye mwanga ariya manyamerika munyurwe nibyo dufite biri mu Maraso ya yesu
Kbsa buriya uriya mukobwa niwe uzi urugendo yanyuranyemo na Yesu naho abiyita abahanga bo gusesengura basenge Imana ibahe amakuru atavuze y'urugendo naho amasega yo ni menshi murugendo. Be blessed.
Uravugira neza Imana ariko wige gutuza nibyo byaba byiza kuruta
Sawa nyine isengere ibyabo utaremye ubireke abahanuzi muvuga mubarekere Imana niyo izi ibyabo utazabemba
Ariko mwatumwe gucira Imanza abandi mwakwigenzuye kugiti cyanyu mukareka abakozi b'Imana ko umucamanza wacu twese ko arumwe wowe ushinzwe iki
❤❤❤❤abavugako wiyemera ubime amatwi kuko abantu ntidukunda
Uvigísha ukuri ibyuvuga nukuri ariko abisi ntibakunda ukuri komeza uvuge ushize amanga utitaye uko abantu babifata ahubwo wite kuko uwaguhamahaye abishaka urumuhanga Imana yaguhamagaye ntiyibeshye continue ds ce sens là
Amen, dukomere kumasezerano nka Joseph, niba byashoboka mwampa nimero yuyu muvuga butumwa
Ariko muziko Dawidi atigeze yubahuka sawuri nkawe wakijijwe ukareka imanza
Ntimugacye imanza ,Ngo nubona umuntu ukize cg ufite urusengero rurimo aba christo benshi Ngo nuwasatqni ,Kandi ubwo wasanga ubikenewe warabibuze uwabigezeho Ngo ajyikuzimu ,mugabanye ,ntimugacye imanza.
Ni ubutayu bubibatera kd ntago twese tungana
Yesu ashimwe cyane njye icyo mbabwira ni kimwe Yesu Kristo yabwiye intumwa ze ngo mugende mwamamaze ubutumwa bwiza bw'Imana ko ubwami bw'Imana buje abantu bihane abemera bakizera babatizwe none nkawe wiyita umukozi w'Imana nkubaze nk'ubwo ubutumwa bubwira abantu Yesu n'urukundo yadukunze n'imbabazi yatugiriye n'ubugwaneza bye nuko yadupfiriye birihe?? Ubuse Yesu azamenyekanira muri ubwo bugambo mwirirwamo ku mbuga nkoranyambaga muri gutwika😢😢😢 mushiki wanjye ntidukangwa n'ubuhanuzi Umwami w'abami yatubwiyeko mu minsi y'imperuka hazaza abahanuzi benshi b'ibinyoma kd bazakora ibimenyetso n'ibitangaza ndetse n'umuriro bazawumanura nawe rero ntabwo guhanura no kuvuga indimi byankanga ngaho ngo uvuye kwa Gitwaza ubwo ufite ibyo wahabuze kuko uwo munwa ntiwawugira uriyo nta mwanya yaguha tuza rero niba ushaka kubwira abantu Imana injira mu butumwa bwiza bwa Yesu uve mu mateka ya ba Hana n'ibindi bipfuye amaso Yesu akurengere
None se muvandi, wgiwe wandika ushyiramo utwatuzo!!
Kora umurimo rata niba arimama yaguhamagaye irikumwe nawe komera
Njyewe uvuze ijambo ryiza ndetse biramfashije pe ariko rero rwose uratangiye nturasoza njyenga gacye mukobwa w lmana gsa ntimukazane abakozi b lmana mumatiku cg ngo mubacire urubanza like Paul gitwaza mama juliene kabanda munjye mwitondera imanza mucira abantu pe
Mureke guca imanza mu murimo w Imana God blessed❤😊
Sandrine Imana Iguhumugisha nsanzwe nkukunda
Wampa aka number kawe koko,tukaziganirira guca bugufi no kugira ubwenge icyo bimara.(sina ngombwa ko numva byose) kuko mbona mvugiye aha nahava mvuga ibitakubaka abagenzi. Yesu akugirire neza.
Ihumure TV please ntimukaje mushirako amashusho yabakozi b’Imana nukuri namakosa umucamanza numwe mwirinde peeeeee bituma nuwo bakurikirana atabifungura
Wateka imitwe utayiteka,ufite inyigisho ikomeye
Witumena umutwe uri mumana ariko uvuge uziga wige noguca bugufi kuvuga ijambo ryimana ariko apana kuvuga nkumusazi 😮
Uwihoreye muvandimwe ndagukurikira nkunda cne ibiganiro ukora mwivugabutumwa bwiza bwa yesu .komereza aho umwami yesu akomeze akwagure .gumamo neza uranyubaka. ndagukunda.nitwa mama brian
Rata babwize ukuri ubibutse ibyo baziruye.uvugire Imana nkaho ihibereye.uzaba uyitangiye abagabo.
Muraho neza , none kuri umuvugabumwa , ninde waguhamagaye ko Yesu yavuze ngo ntidugacire abandi imanza wewe aho shobuja si vius soma Matayo7:1-
Yewee ibiba mubahanuzii Imana yonyine niyo Izaca Urubanza...
Ariko mujye musoma bible yose,ijambo ry,Imana niryo ribacira urubanza kubera imbuto zabo
Ariko mujye musoma bible yose,ijambo ry,Imana niryo ribacira urubanza kubera imbuto zabo
Jyenda gacye muko.
Umusirikare ujya kurugamba ntiyirata nkuvayo..tuza uvuge utuje...urikugaragaza
Uko wari utarakizwa
Kuvugira Imana ntibyorohye...
Mushiki wacu Tuza ntukavugane Ifuye Yesu yagaruzaga Abantu umutima wu bugwaneza jyu ugenda buhoro buhoro si non .........
Muvuze ubusa murangine murasenga mwizina Ry’ Imana Koko😢😢😢
Yesu kristu nature muriwowe nawe uhagaze wirinde utagwa murugendo nukwitondo
Ikindi ntidukizwa n'imirimo itegetswe n'amategeko dikizwa n'ubuntu kubwo kwizera nk'uko Abraham yizeye bikamuhanirizwa n'ubugingo igisha abantu Yesu Kristo bamumenye nibamara kumwumva Imana niyo itsinda imitima yacu igafata umuntu ikamuhindura ubusa agakizwa n'ubuntu kubwo kwizera kk izo nzoga n'ibindi warondoye hari abatabigenderamo kubwo gutinya ibindi atari uko batinya Yesu cyane ko batanamuzi rero genzura ubutumwa uha abantu babashe kubohoka uve mu majwe
Yesu ashimwe cane . Murakoze kutungeramwo ibyiringiro. Muragahezagirwa
Iman ishimwe sandiri ndagukunda iman igukomeze
Uwihoreye urahoneza YESU ashimwe sha ndafashijwepe rekanguheshe umugisha ndabyemerewe kuko urumukobwa uzashake neza uzagire abana nubutunzi umwuka wimana nimbabazi zayo ntibizakuveho byiteka ryose
Imana imuhe umugabo umukwiye
Umwami naguhezagire canee
Une fille verdique et béatemd"émotion❤❤❤❤
Nukuri Imana izabahana pe niba uzanye umuntu ngo abwire abantu bimana amagambo neza warangiza ugashyiraho titre itariyo musebya abageze mumurimo mbere birabareba muzabo
Ikindi amamaza ubutumwa bwiza ureke kuvuga abimikishijwe amavuta Imana yabo itazakwanika kuko nta mwana wu muntu uzi icyo Imana yashingiyeho ibinika genda buhoro
Turekere ababyeyi aho batugejeje turahazi
Isezerano sha rirazutaguza byihorere ariko Imana idushoboze
Hareruya
Imana iguhe umugisha hariikintu utumye ntekereza kabiri "irembo rifunganye"
Imana ishimwe cane .mwompa nimero y'uwo mukobwa nkamuhesha umugisha !
Mada ,sukobavugimanayukuri koku ntibikwiriye gushyira mumajwi abakozibimana gabanya okokariro ninkako mumashara ,abowibasiye nibobazakuzamura kuko bafiye amavuta arenzayaweee
Njyewe kutubwira ijambo ryimsna nibyiza ark musigeho gucira imanza abantu basizwe amavuta niba bakora ibyaha nurubanza dwabo niyabahamaye ikindi namaze kubona abahanuzi benshi nabonye bagira amahane pe bashyiramo nubushizi bwisoni pe twubaha Imana ark murakabya pe.
Gabanya ibikabyo,vuga Imana wabonye,wivuga iyabandi Imana ni mu judge
Imaniguhumugisha mwinshipe ndashijwe ntihazagirabaguxintege 22:51
Igikabyo kiraha. Vugira Imana utuje
Rata babwize ukuri ubibutse ibyo baziruye.uvugire Imana nkaho ihibereye.uzaba uyitangiye aabagabo.erega ni Koko tugeze mugihe cyahanuwe abantu badashaka kumba ukuri àhubwo bashaka kumva iby8mitima yabo irarikiye
Thank you 💕🙏 so much
Bo kuki baharabika ababatanze kuyivuga iiyo Mana ,ntibatinye kubemba,barahemuka ,barasenya abakozi b'Imana
Uratubeshye cyane mu buvumo Obadia ntiyajyanyemo 7000 wongere usome Bibiriya neza ubone ukomeze
Ooh pole san mucuti abahanuzi bo mw'ijuru ryakabiri nibo bari kwangiza umurimo gusa humura kuko hari nabo mw'ijuru rya gatatu. nkwfurije kuzahura nu muhanuzi w' IMANA
Komera Sha komera buvuge p 🖐️🖐️🖐️🖐️🖐️
Imana iguhe umugisha
Amenaaaaa!!ndagukunze
Gusa imana ikongerere imbaraga kd umwuka agume kuri woe
Iga kuvuga utuje, kuvuga wikunkumura siho wemerwa kd ugabanye gusebya abakozi b'imana
Aha nibitaraza biraje vuba pe😢
Ariko mwamuretse akavuga Uko abishoboye ko twese ntawuteye nk'undi! Niba utarikunyurwa n'uko avuga nawe uzajyeho uvuge ukwawe tugushime burimuntu afite Uko Iyamuremye yamukoze tujye tureka kureba agatotsi Kari mury'abandi!!!
Nonese ibyo muvuze namafoto mwashyizeho bihuriyehe
Komerezaho mwana
Urahaze, wowe se wakoze iki uzibukirwaho mbere y, ubugambo
Uyu mu mama ndamwemeye numunyakuri uwampuza nawe ndamukunze
Wowe nubwo munyamakuru mwashyizeho amafoto atuma abantu baca Imanza Kandi numwe ba mbere kuko hari abo muzi muri bano kuko SI abanyeporotiki.
Buri wese aba umunyembaraga mugihe cye . Wibwirako bwakeye Elia yisanga kumusozi cyangwa yaciye mukombe no mubibaya. Ibimbi 7000 Imana yahamije yashaka kumubwirako hari abandi bahanuzi ibona Elia atazi bazakora nyuma y' abenshi bapfuye .
Abantu bafata ijambo ry lmana ukutariko shuti .urumvako yavifashe nabi .ntago yasobanukiwe neza ijambo lmana yavuze ngo abandi 7000 .wowe ndumva tubyumva kimwe ibyusobanuye
Uyu muhanuzi ko afite vibes raa😂😂, Imana izi byose ntitwagucira urubanza but ntusanzwe, ubanza Imana mwarahuye igenda 😅. Gumamo
Umva byaramurenze shenge
Sha ndumwana ijwi ry'imana ryarambwiye ngo uri Yosefu mumuryango wawe!
Ariko icyababwira ibintu nahuye nabyo 😂sha isezerano ry'imana rirakomeye cyaneeee ntiwarigeraho gurtyo gusaa weeee
Komera mugenzi ujya mwijuru
Icyampa ngo ibyo uvuga bibe bivuye kwa Nyiribiremwa,we utanga ubushishozi n'ubwizige,akanza buhoro akaramba ibihe byose,atagurumanye nk'amasha.
Ukwizera kose gupimirwa mubigeragezo.
Vugira Yesu mwituze bizagufape
Uwo muriro ni mwinshi cyane wugabanye
Ni keza.......ni kagende gahoro ❤❤❤❤ni Eliyah rwose ariko narebe uko Yesu yagize Zawadi......kubera icyaha cyo kwihimbaza
Nukuri arakabya pee! Ntiyumve ko utarakizwa arimubi kuko nawe yivugira ko yanyuze mumatabi ninzoga nibindi ! Soo rero ndibaza Atari imbaraga ze kubivamo ahubwo nubushake bwuwiteka
Imanaa ishimwe m.Olutance ntafoto yiwe irimo muriziii
Yewe ni ndyarya, abagambanyi, ababeshyi, abanyabinyoma, ngewe narumiwe
Urakoze,Imana iguhe imigisha.
Gahunda nuguca mwirembo rifunganye
Gabanya kwiyemera imyitwarire yawe kuri camera igaragaza ubugare muge muvuganimana ikinyabumpfura ntacyo p
Narebe uko Nyiri jury nisi ....yagize Zawadi....kubwi kwihimbaza
Gusa inama nguhaye mukobwa mwiza ntuzashake kuko wubura ijisho ngatinya ariko nturi n'umwana mubi ni caractère urashyshye cyane
Gabanya umuriro uratomboka cyane! Gabanya kumva ko uhagaze mukobwa wa Yesu! Nahubundi haribyuvuga byukuri byinshi! Kdi guhugura ni byiza ariko hugurana ubwitonzi
Kw'Ifoto werekanye, Jean Luc wamwibesheko kuko ni umukozi w''Imana nyakuri. Uzomwumve neza.
Amen,Imana ikomeze ikwagure
None x ibyo uyu mukozi w'imana avuze bihuriyehe na mafoto mwashyizeho
Amen amen nomubyago nzaririmba urwo rukundo❤❤
Urampezagiye cyane Mukobwa Wa Yesu Uhoraho arimuruhande Gwacu uwotugwanya ninde?
Arko urumwiyemezi ibihumbi
Bivugwa nabanu Imana yibiki
Ye bagomba kumusimbura
Gusa nge narumiwe abo bahanuzi bashaka indoke zisi bitwikirije iby'Imana ntabwoba bagira bwo gitinya IMANA pé
Sha gabanya igati ubwo urahaze ko mbona se uje ku mihanda uzanye iki cyo gufasha imfubyi ninkubiswi nawe uzanye ibikabyo nkibya omoja nshya sha umudiho uva mu itako.
Vugana ituze naho ubundi waza kuba nkabo wanga
Uwibwira ko ahagaze yirinde atagwa kuko ibigusha birahari imbaraga namavuta sando Love you 🙏