Abantuka ni benshi kubera amahane yanjye||Zaninka wo muri Musekeweya yaduhishuriye byinshi kuri we
Вставка
- Опубліковано 15 вер 2024
- Mukarubayiza Dorcella, ni umukecuru w’imyaka 57 wamamaye mu ikinamico Musekeweya nka Zaninka. Akina ari umubyeyi wa Rutaganira akaba umwe mu bakinnyi bagaragaza umujinya mwinshi no kugira ingengabitekerezo mbi no kwanga igice kimwe cy’abaturanyi be muri Muhumuro na Bumanzi.
Kubera uburyo akina, abenshi mu bamwumva kuri Radio muri Musekeweya baramwanga ndetse hari abohereza ubutumwa bamutuka. Gusa, mu buzima busanzwe ni umuvugabutumwa, ni umukecuru utuje kandi ucyeye ku maso, mu gihe muri Musekeweya akina mu isura y’umukecuru w’umunyamujinya kandi wumvikana nk’uba mu buzima bubi.
Yagiranye ikiganiro kirambuye na Isimbi TV atubwira byinshi ku buzima bwe n’uko yinjiye mu ikinamico:
#IsimbiTV #Musekeweya #Rwanda
Ooooh utandukanye
Nibitutsi ugira muri musekeweya pe.Twishimiye kubabona 👏
Ubundi harabantu utumira nkakanda like ntaranumva ikiganiro cyose!nkubu biranejeje kuko Zaninka nubwambere mubonye! Thank you Sabin
Murakoze🙏🏾
we're very happy for this conversation
with ZANINKA,Thank you so much!
Thank you Sir🙏🏾
Uyu mubyeyi Imana imuhe umugisha ku musanzu yatanze nuwo akomeje gutanga mugufasha abanyarwanda
Urakoze Sabin nagusabaga kuzatuzanira mukaperezida numugabowe.
Uranejeje zani numvaga uragakecuru kakagome cyane ndagukunzepe
Zaninka turakwemera sana 👏 👏 God bless you 🙏 Uzi gukina Bien
Abamenye Yesu tuva mubwiza tujya mubundi, zaninka ndakwikundira rata Maman wange
Nanjye ndamwikundira maman Wacu.komeza utsinde mubyeyi
Yewegayee weee kumbe nuyo zaninka 🇧🇮🇧🇮🤔🤔emwe ndatangaye pe narinzi kwari umukecuru none ndabona akirimwo pe,mumumbarize icagamije muguteranya n'amahane yiwe pe.
Birashimishije cyane kuba mubonye ❤
Mwakoze kumutuzanira
She is beautiful!
Thank you she is my mama
Nshimishijwe no kikubona mubyeyi mwiza
Ndimbati
urimwiza😊
Yoo!! Ndagukunze urimwiza narinzi ko urumukecuru mubi ushaje
Abakinwiba mucecye we nibeza ndabakundacya ne baranyu baka
Nishimiye kumenya zaninka.ariko warahindutse usigaye urumwana mwiza.
Numvaga zaninka ari agakecuru gashaje kumbi numusirimu
Barimu beza mutwigisha mbashimiye ibyo mutwisha nyuma yurupfu rwa sore nsezezeye kumva musekeweya ariko zanika akomeze
Ko uri mwiza mubyeyi weeee iriya role ntimuberanye pe
Ntabwo yakwinubira ko bamutuka buriya ubutumwa atanga baba babwumvise
Ur,umu silm kbx😊😊😊
Nukuri uko ASA siko amahane angana mumukino.numvaga ari urukaraaaa.imana imukomeze.
Hhhh Ibikara nibyo bigira amahane?
😂😂😆😆
Ntureba abatumirwa beza va kuribabandi birirwa bamamaza indaya
Uzagabanye amahane ryose kuko nibaja bunva amahane ugira ntamuntu uzaja ubwiriza NGO yunve
Hhhhhhhhhh Zaninka ndamukunda agira ibitutsi bintungura sana
Uyu ni universal
Gusa nkubonye bitandukanye Niko nakumvaga pe
Turagukunda ariko ikosaryawe isurayawe urayihisha niyihe mpamvu ituma udashaka kugaragara
Disi ninkumi
Zaninka nicyuki
Egoko uyumubyeyi sinarinziko avuga ubuvugabutumwa
Gusa uzigutukana weee😂
Nukuri ntababeshye Zaninka ndamwanga kuburyo iyo aza kuba mama mba naramutaye naraguye guhinduza iranga mimerere kuri NIDA
Warasaze!umwankiriki ko aba akina kandi yigisha!niba umuhora musekeweya bakujane iwawa
Reba Zaninka mu rusengero
Hhhhhhhhh
Numunyamahoro menshi azi kubana muburyo bukomeye ajyinama nziza arakunda akunda umurimo nintwali azikurera azi kwihangana areba kure akunda abantu n'Imana ateka neza agirisuku ntahuye nibyakina abana neza cyane❤❤❤
Mesekeweya iracyabaho 🙄🙄🙄